BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Mar 13, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Perezida Kagame yongeye kugaragaza amarangamutima afitiye abuzukuru be

Perezida Kagame yongeye kugaragaza amarangamutima afitiye abuzukuru be

admin
Last updated: August 8, 2022 3:13 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko atewe ishema n’abuzukuru be babiri.

Abuzukuru ba Perezida Paul Kagame, umukuru ateruye umuto

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Kanama 2022, yashyize ifoto ku rubuga rwa twitter iriho umwuzukuru we mukuru ateruye umuto.

Yayiherekesheje ijambo ngo “That” Bivuga “Uwo” n’aka imoji gafite udutima tubiri (😍)  byerekana urukundo n’ibyishimo abafitiye.

Ubutumwa bwa mbere kuri iyi foto bugira buti “Abamarayika babiri bari kwishimira igihe cyabo bari kumwe.”

Ku wa 20 Nyakanga uyu mwaka  Perezida Kagame  yari yashimiye umukobwa we, Ange Kagame n’umugabo we, Bertrand Ndengeyingoma, nyuma yo kwibaruka ubuheta.

Ni ubutumwa Umukuru w’Igihugu yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter, abuherekeza n’ifoto y’umwuzukuru we ateruye uruhinja.

Ange Kagame na Ndengeyingoma bashyingiranywe muri Nyakanga 2019, maze ku wa 19 Nyakanga 2020 bibaruka umukobwa w’imfura, umwuzukuru wa mbere wa Perezida Paul Kagame.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
4 Comments
  • mugenzi thomas says:
    August 8, 2022 at 4:11 pm

    Kurongora no Kubyara Umwana nicyo kintu kidushimisha kurusha ibindi byose.Byerekana ko Imana yaturemye idukunda cyane.Ishaka ko duhora twishimye ubuzira-herezo.Kugira abuzukuru byo ni agahebuzo mu byishimo.Niba dushaka ko izatuzura ku munsi wa nyuma ikaduha ubuzima bw’iteka nkuko Yesu yavuze,tujye twirinda gukora ikintu cyose imana yatubujije.Nibwo tuzahora twishimye iteka ryose,nta kurwara,nta gusaza cyangwa gupfa.

    Reply
  • mugenzi thomas says:
    August 8, 2022 at 4:11 pm

    Kurongora no Kubyara Umwana nicyo kintu kidushimisha kurusha ibindi byose.Byerekana ko Imana yaturemye idukunda cyane.Ishaka ko duhora twishimye ubuzira-herezo.Kugira abuzukuru byo ni agahebuzo mu byishimo.Niba dushaka ko izatuzura ku munsi wa nyuma ikaduha ubuzima bw’iteka nkuko Yesu yavuze,tujye twirinda gukora ikintu cyose imana yatubujije.Nibwo tuzahora twishimye iteka ryose,nta kurwara,nta gusaza cyangwa gupfa.

    Reply
  • mugemanyi paul says:
    August 8, 2022 at 5:36 pm

    Urakoze cyane.Uwifuza kuzishima iteka ryose,ajye ashaka cyane imana yaturemye,ye kwibera gusa mu gushaka iby’isi.Niyo condition yo kuzabaho iteka,binyuze ku muzuko uzaba ku munsi w’imperuka,ubikiwe abantu bashaka imana bashyizeho umwete,bakabifatanya n’akazi gasanzwe.It is a matter of time.

    Reply
  • mugemanyi paul says:
    August 8, 2022 at 5:36 pm

    Urakoze cyane.Uwifuza kuzishima iteka ryose,ajye ashaka cyane imana yaturemye,ye kwibera gusa mu gushaka iby’isi.Niyo condition yo kuzabaho iteka,binyuze ku muzuko uzaba ku munsi w’imperuka,ubikiwe abantu bashaka imana bashyizeho umwete,bakabifatanya n’akazi gasanzwe.It is a matter of time.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?