BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jan 23, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Utuntu n'utundi > Perezida Kagame yongeye kugaragaza amarangamutima afitiye abuzukuru be

Perezida Kagame yongeye kugaragaza amarangamutima afitiye abuzukuru be

admin
Last updated: August 8, 2022 3:13 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagaragaje ko atewe ishema n’abuzukuru be babiri.

Abuzukuru ba Perezida Paul Kagame, umukuru ateruye umuto

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 8 Kanama 2022, yashyize ifoto ku rubuga rwa twitter iriho umwuzukuru we mukuru ateruye umuto.

Yayiherekesheje ijambo ngo “That” Bivuga “Uwo” n’aka imoji gafite udutima tubiri (😍)  byerekana urukundo n’ibyishimo abafitiye.

Ubutumwa bwa mbere kuri iyi foto bugira buti “Abamarayika babiri bari kwishimira igihe cyabo bari kumwe.”

Ku wa 20 Nyakanga uyu mwaka  Perezida Kagame  yari yashimiye umukobwa we, Ange Kagame n’umugabo we, Bertrand Ndengeyingoma, nyuma yo kwibaruka ubuheta.

Ni ubutumwa Umukuru w’Igihugu yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter, abuherekeza n’ifoto y’umwuzukuru we ateruye uruhinja.

Ange Kagame na Ndengeyingoma bashyingiranywe muri Nyakanga 2019, maze ku wa 19 Nyakanga 2020 bibaruka umukobwa w’imfura, umwuzukuru wa mbere wa Perezida Paul Kagame.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
4 Comments
  • mugenzi thomas says:
    August 8, 2022 at 4:11 pm

    Kurongora no Kubyara Umwana nicyo kintu kidushimisha kurusha ibindi byose.Byerekana ko Imana yaturemye idukunda cyane.Ishaka ko duhora twishimye ubuzira-herezo.Kugira abuzukuru byo ni agahebuzo mu byishimo.Niba dushaka ko izatuzura ku munsi wa nyuma ikaduha ubuzima bw’iteka nkuko Yesu yavuze,tujye twirinda gukora ikintu cyose imana yatubujije.Nibwo tuzahora twishimye iteka ryose,nta kurwara,nta gusaza cyangwa gupfa.

    Reply
  • mugenzi thomas says:
    August 8, 2022 at 4:11 pm

    Kurongora no Kubyara Umwana nicyo kintu kidushimisha kurusha ibindi byose.Byerekana ko Imana yaturemye idukunda cyane.Ishaka ko duhora twishimye ubuzira-herezo.Kugira abuzukuru byo ni agahebuzo mu byishimo.Niba dushaka ko izatuzura ku munsi wa nyuma ikaduha ubuzima bw’iteka nkuko Yesu yavuze,tujye twirinda gukora ikintu cyose imana yatubujije.Nibwo tuzahora twishimye iteka ryose,nta kurwara,nta gusaza cyangwa gupfa.

    Reply
  • mugemanyi paul says:
    August 8, 2022 at 5:36 pm

    Urakoze cyane.Uwifuza kuzishima iteka ryose,ajye ashaka cyane imana yaturemye,ye kwibera gusa mu gushaka iby’isi.Niyo condition yo kuzabaho iteka,binyuze ku muzuko uzaba ku munsi w’imperuka,ubikiwe abantu bashaka imana bashyizeho umwete,bakabifatanya n’akazi gasanzwe.It is a matter of time.

    Reply
  • mugemanyi paul says:
    August 8, 2022 at 5:36 pm

    Urakoze cyane.Uwifuza kuzishima iteka ryose,ajye ashaka cyane imana yaturemye,ye kwibera gusa mu gushaka iby’isi.Niyo condition yo kuzabaho iteka,binyuze ku muzuko uzaba ku munsi w’imperuka,ubikiwe abantu bashaka imana bashyizeho umwete,bakabifatanya n’akazi gasanzwe.It is a matter of time.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

Amakuru atangwa n’abakurikiranira hafi ibyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga…

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

Kuri uyu wa Kane tariki 22 Mutarama 2026, Igipolisi cya Uganda cyatangaje…

Rayon Sports yatandukanye na Haruna Ferouz

Nyuma y'iminsi Haruna Ferouz atagaragara mu myitozo ya Rayon Sports, yamaze gutandukana…

Jose Chameleone yaguze Radio i Burundi

Umuhanzi ukomeye mu muziki wa Afurika uzwi ku izina rya Jose Chameleone…

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiriye kuyobora Guinée Conakry muri manda y’imyaka irindwi, mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Utuntu n'utundi

Kenya: Umugabo yataye umugeni mu birori by’ubukwe bwabo ariruka

2 Min Read
Utuntu n'utundi

Abana bararwaye rubura gica nyuma yo kurya ibiryo ku ishuri byabonetsemo inzoka yapfuye

2 Min Read
Utuntu n'utundi

KENYA : Umupasiteri yakomerekeje abagore babiri arimo kubakuramo amadayimoni.

3 Min Read
Utuntu n'utundi

Brazili : Inka yishe umugabo washatse kuyifata ku ngufu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?