BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Walikale: FARDC n’abarwanyi ba Wazalendo barasanye umuriro uraka muri Pinga

Walikale: FARDC n’abarwanyi ba Wazalendo barasanye umuriro uraka muri Pinga

admin
Last updated: October 16, 2025 4:09 pm
admin
Share
SHARE

Umutekano muke ni wose kubera urufaya rw’amasasu hagati ya FARDC n’abo basanzwe bafatanya Kurwanya M23 , Wazalendo kuri uyu wa Kane, tariki 16 Ukwakira, muri Pinga, muri gurupoma ya Kisimba muri teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru aturuka mu bayobozi bw’inzego z’ibanze avuga ko itsinda ry’abarwanyi ba Wazalendo baturukaga ku murongo w’urugamba bafite umuntu wakomeretse, basaba ubufasha umusirikare  musirikare wa FARDC gutwara uwari wakomeretse ku bitaro ,abyanze bahita bamurasa ahasiga ubuzima .

Nyuma y’urupfu rw’umusirikare wabo,(FARDC) abasirikare bagenzi be bo mu mutwe wa PM bahise bagerageza kwihorera, barasa ku barwanyi ba Wazalendo babiri barahakomerekera bajyanwa ku bitaro bikuru bya Pinga kugira ngo bitabweho

Nyuma y’aya makimbirane, yatumye humvikana urusaku rw’amasasu mu mujyi wa Pinga, byateye abaturage ubwoba n’imidugararo bituma imirimo y’ubucuruzi n’iyi mibereho ya buri munsi ihagarara by’agateganyo.

Abayobozi b’ingabo zirwanira ku butaka bahise bihutira guhosha ayo makimbirane no kugarura ituze.
Hatangijwe iperereza rigamije kumenya UKURI ku byabaye . Kugeza ubu, ibikorwa byari byahagaritswe by’agateganyo birimo kongera gusubukurwa buhoro buhoro mu mujyi wa Pinga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Fizi: Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo bane bahasiga ubuzima

1 Min Read
Umutekano

Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri baba birukanwe mu gisirikare cya RDC?

1 Min Read
Umutekano

DRC: FARDC yongeye kwica agahenge ikoresheje Drones muri Walikare na Masisi

1 Min Read
Umutekano

Rutshuru: Wazalendo zagabye ibitero ku birindiro bya AFC/M23 muri Tongo

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?