BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Walikale: FARDC n’abarwanyi ba Wazalendo barasanye umuriro uraka muri Pinga

Walikale: FARDC n’abarwanyi ba Wazalendo barasanye umuriro uraka muri Pinga

admin
Last updated: October 16, 2025 4:09 pm
admin
Share
SHARE

Umutekano muke ni wose kubera urufaya rw’amasasu hagati ya FARDC n’abo basanzwe bafatanya Kurwanya M23 , Wazalendo kuri uyu wa Kane, tariki 16 Ukwakira, muri Pinga, muri gurupoma ya Kisimba muri teritwari ya Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru aturuka mu bayobozi bw’inzego z’ibanze avuga ko itsinda ry’abarwanyi ba Wazalendo baturukaga ku murongo w’urugamba bafite umuntu wakomeretse, basaba ubufasha umusirikare  musirikare wa FARDC gutwara uwari wakomeretse ku bitaro ,abyanze bahita bamurasa ahasiga ubuzima .

Nyuma y’urupfu rw’umusirikare wabo,(FARDC) abasirikare bagenzi be bo mu mutwe wa PM bahise bagerageza kwihorera, barasa ku barwanyi ba Wazalendo babiri barahakomerekera bajyanwa ku bitaro bikuru bya Pinga kugira ngo bitabweho

Nyuma y’aya makimbirane, yatumye humvikana urusaku rw’amasasu mu mujyi wa Pinga, byateye abaturage ubwoba n’imidugararo bituma imirimo y’ubucuruzi n’iyi mibereho ya buri munsi ihagarara by’agateganyo.

Abayobozi b’ingabo zirwanira ku butaka bahise bihutira guhosha ayo makimbirane no kugarura ituze.
Hatangijwe iperereza rigamije kumenya UKURI ku byabaye . Kugeza ubu, ibikorwa byari byahagaritswe by’agateganyo birimo kongera gusubukurwa buhoro buhoro mu mujyi wa Pinga.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

Imirwano yasakiranyike M23 na FARDC n’abo bafatanyije muri Masisi yafatiwemo uduce

1 Min Read
Umutekano

Fizi: Imitwe ibiri ya Wazalendo yasubiranyemo bane bahasiga ubuzima

1 Min Read
Umutekano

Gen Tshiwewe na bagenzi be babiri baba birukanwe mu gisirikare cya RDC?

1 Min Read
Umutekano

DRC: FARDC yongeye kwica agahenge ikoresheje Drones muri Walikare na Masisi

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?