BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Aziya > Uwahoze ari umupolisi yishe abantu 38 nyuma yica umugore we n’umwana

Uwahoze ari umupolisi yishe abantu 38 nyuma yica umugore we n’umwana

admin
Last updated: October 6, 2022 4:32 pm
admin
Share
SHARE

Muri Thailand, umugabo yateye ku ishuri ryakirana inshuke yica abana 22 nyuma agende arasaba abandi bantu anabatera ibyuma hapfa abagera kuri 38.

Umwarimu wo kuri iri shuri, yavuze ko uriya mugabo yajyaga ajyayo gufata umwana we, kandi akabikorana ikinyabupfura

BBC ivuga byabaye ahagana saa saba z’amanywa mu mujyi wa Utthai Sawan, mu Ntara yitwa Nong Bua Lamphu.

Uyu mugabo wahoze ari umupolisi ngo yari afite icyuma, imbunda nto n’imbunda irasa amasasu menshi, akigera ku ishuri yahise arasa abarimu bamubuzaga kwinjira muri iyo nyubako.

Nyuma uwo mugabo yaje kujya mu modoka agenda agonga abantu, ndetse anabarasaho,  mbere y’uko ajya iwe akica umugore we n’umwana wabo w’umuhungu, na we ubwe arirasa.

Uyu mugabo witwa Kamrab w’imyaka 34, ngo yirukanwe muri Polisi umwaka ushize kubera gukoresha ibiyobyabwenge

Mu bapfuye harimo abana 22 abana babiri muri bon go bari basinziriye ubwo uriya mugabo yabagabagaho igitero.

Abandi bantu yakomerekeje bahise bajyanwa kwa muganga.

BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Babiri bapfiriye mu myigaragambyo ku mupaka wa Tanzania na Kenya

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Kongera gutsindira Manda ya munani kwa Paul Biya byateje imvururu zahitanye ubuzima bw’abatari bake

2 Min Read
Mu mahanga

Uwari Minisitiri w’Intebe muri Mali yakatiwe imyaka ibiri kubera ibyo yanditse ku mbuga nkoranyambaga

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?