BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Aziya > Uwahoze ari umupolisi yishe abantu 38 nyuma yica umugore we n’umwana

Uwahoze ari umupolisi yishe abantu 38 nyuma yica umugore we n’umwana

admin
Last updated: October 6, 2022 4:32 pm
admin
Share
SHARE

Muri Thailand, umugabo yateye ku ishuri ryakirana inshuke yica abana 22 nyuma agende arasaba abandi bantu anabatera ibyuma hapfa abagera kuri 38.

Umwarimu wo kuri iri shuri, yavuze ko uriya mugabo yajyaga ajyayo gufata umwana we, kandi akabikorana ikinyabupfura

BBC ivuga byabaye ahagana saa saba z’amanywa mu mujyi wa Utthai Sawan, mu Ntara yitwa Nong Bua Lamphu.

Uyu mugabo wahoze ari umupolisi ngo yari afite icyuma, imbunda nto n’imbunda irasa amasasu menshi, akigera ku ishuri yahise arasa abarimu bamubuzaga kwinjira muri iyo nyubako.

Nyuma uwo mugabo yaje kujya mu modoka agenda agonga abantu, ndetse anabarasaho,  mbere y’uko ajya iwe akica umugore we n’umwana wabo w’umuhungu, na we ubwe arirasa.

Uyu mugabo witwa Kamrab w’imyaka 34, ngo yirukanwe muri Polisi umwaka ushize kubera gukoresha ibiyobyabwenge

Mu bapfuye harimo abana 22 abana babiri muri bon go bari basinziriye ubwo uriya mugabo yabagabagaho igitero.

Abandi bantu yakomerekeje bahise bajyanwa kwa muganga.

BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Ubutegetsi bwa Perezida Suluhu bwahakanye gufunga Dr. Mpango wari Visi Perezida

2 Min Read
Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Mu mahanga

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

3 Min Read
Mu mahanga

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?