BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Dec 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Umwana uheruka kwicwa, umutwe we wabonetse mu rugo rw’umuturage

Umwana uheruka kwicwa, umutwe we wabonetse mu rugo rw’umuturage

admin
Last updated: November 19, 2022 8:19 am
admin
Share
SHARE

Rwamagana: Umwana w’umukobwa wishwe n’umuntu utaramenyekana mu minsi mike ishize, amuciye umutwe, uwo mutwe waje gusangwa mu rugo rw’umuturage mu murenge wa Kigabiro uri mu mufuka.

Mu Karere ka Rwamagana ni aho hatukura

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki 16 Ugushyingo 2022, nibwo uyu mwana w’imyaka 11 yishwe mu mudugudu wa Nyakabungo, akagari ka Bwisanga, mu murenge wa Gishari, Akarere ka Rwamagana.

Yishwe ubwo yari kumwe na bagenzi be batandatu bavuye kuvoma ku mugezi uri mu gishanga.

Umugabo yabategeye ku muhanda ahita abaryamisha hasi, ababwira ko agiye kubakubita ariko azana umuhoro aribwo birukaga agasigarana uyu mwana akamuca umutwe akawutwara.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gishari, Niyomwungeri Richard yemereye UMUSEKE ko uyu mutwe w’uyu mwana wabonetse mu rugo rw’umuturage, mu Murenge wa Kigabiro, bigaragara ko bawujugunye muri uru rugo.

Yagize ati “Umutwe warabonetse, umuturage yatabaje umukuru w’umudugudu n’ushinzwe umutekano nyuma yo kuwubona mu rugo rwe, aribwo na bo bahise batabaza inzego z’umutekano. Na bo baratunguwe kuko babonye umufuka uri aho ngaho batamenye n’ikirimo.”

Umutwe w’uyu mwana wishwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana, wabonetse mu Kagari ka Nyagasenyi mu Murenge wa Kigabiro, ku wa 17 Ugushyingo, 2022.

Niyomwungeri Richard yavuze ko inzego z’umutekano zigikomeje iperereza kuri ubu bwicanyi bwakorewe uyu mwana w’umukobwa, wigaga mu mwaka wa kane w’amashuri abanza.

Rwamagana: Umugizi wa nabi yaciye umwana umutwe arawutwara

NKURUNZIZA Jean Baptiste/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 200 batahutse bavuye muri RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?