BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

admin
Last updated: October 22, 2025 3:49 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi Nyarwanda umenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Joshua yifurije isabukuru nziza umugore we, akoresheje amagambo aryohereye, amwibutsa ko urukundo amukunda ari ntagereranywa.

Josh Ishimwe wakoze ubukwe muri Kamena uyu mwaka n’umugore we Gloria Mutoni, mu birori byabereye ku Mugabane w’u Burayi mu Buholandi.

Mu butumwa Josh Ishimwe yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu muhanzi yifurije isabukuru nziza umugore we, yagize ati “Isabukuru nziza nshuti y’akadasohoka Mugore wanjye Mwiza nahawe na Rurema, imfura muri byose.”

Uyu muhanzi yakomeje avuga ko bigoye kubona amagambo yakoresha amwifuriza isabukuru nzia, ati “Gusa ndi umunyamugisha kukugira nk’umugore wanye ndagukunda cyane wambereye umugisha mu myaka yose tumaranye, uyu mwaka wo urangije biba agahebuzo.”

Yakomeje yizeza umugore we ko azamukunda iteka. Ati “Ndiho kugira ngo nguhe urukundo, ibyishimo, kugusengera ndetse no kukugandukira iteka ryose.”

Yasoje ubutumwa bwe yifuriza umugisha umugore we amusabira ngo Imana ikomeze kumurinda inamuhundagazaho ubuntu bwayo. Ati “kukugira ni umugisha.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

1 Min Read
Imyidagaduro

Inkuru y’akababaro: Urupfu rw’umuramyi Gogo rwashenguye abatari bake

1 Min Read
Imyidagaduro

Weasel yasezerewe mu bitaro

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?