BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

admin
Last updated: October 22, 2025 3:49 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi Nyarwanda umenyerewe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Joshua yifurije isabukuru nziza umugore we, akoresheje amagambo aryohereye, amwibutsa ko urukundo amukunda ari ntagereranywa.

Josh Ishimwe wakoze ubukwe muri Kamena uyu mwaka n’umugore we Gloria Mutoni, mu birori byabereye ku Mugabane w’u Burayi mu Buholandi.

Mu butumwa Josh Ishimwe yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, uyu muhanzi yifurije isabukuru nziza umugore we, yagize ati “Isabukuru nziza nshuti y’akadasohoka Mugore wanjye Mwiza nahawe na Rurema, imfura muri byose.”

Uyu muhanzi yakomeje avuga ko bigoye kubona amagambo yakoresha amwifuriza isabukuru nzia, ati “Gusa ndi umunyamugisha kukugira nk’umugore wanye ndagukunda cyane wambereye umugisha mu myaka yose tumaranye, uyu mwaka wo urangije biba agahebuzo.”

Yakomeje yizeza umugore we ko azamukunda iteka. Ati “Ndiho kugira ngo nguhe urukundo, ibyishimo, kugusengera ndetse no kukugandukira iteka ryose.”

Yasoje ubutumwa bwe yifuriza umugisha umugore we amusabira ngo Imana ikomeze kumurinda inamuhundagazaho ubuntu bwayo. Ati “kukugira ni umugisha.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

IShowSpeed yageze mu Rwanda mu ibanga rikomeye

2 Min Read
Imyidagaduro

Dr Claude yabitswe ari muzima

1 Min Read
Imyidagaduro

Umunyamakuru wa Radio/TV 10 Taikun Ndahiro yafunguwe

2 Min Read
Imyidagaduro

Ubutumwa bwuzuye agahinda bw’umuhanzi Yampano bw’ibyamubayeho muri 2025

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?