BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Umunyamakuru w’umufaransa yirukanwe ku butaka bwa Congo

Umunyamakuru w’umufaransa yirukanwe ku butaka bwa Congo

admin
Last updated: November 9, 2022 9:53 am
admin
Share
SHARE

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yirukanye ku butaka bwayo umunyamakuru w’Umufaransa Sonia Rolley ukorera Reuters.

Sonia Rolley yurijwe indege ku ngufu yirukanwa muri Congo

Sonia Rolley yirukanwe kuri uyu wa kabiri nyuma y’uko icyangombwa cye kimwemerera gukorera umwuga we muri Congo cyanzwe kwakirwa.

Ubwo yari mu Mujyi wa Kishasa yatumijwe ku biro bishinzwe abinjira n’abasohoka i Kinshasa, yamburwa pasiporo ye ndetse nyuma ahita ashyirwa mu ndege imucyura iwabo i Paris anyuze i Addis Ababa.

Ingabo za ONU ziri mu butumwa bwiswe MONUSCO mu burasirazuba bwa DR Congo zamaganye iki cyemezo cyafashwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Raporo iherutse gusohorwa n’ishyirahamwe ryigenga ryitwa Journaliste En Danger [JED] ivuga ko gukorera umwuga w’itangazamakuru muri RD Congo ari ingorabahizi muri ibi bihe.

Iyi raporo ivuga ko abanyamakuru badakorera mu kwaha kwa Leta bahura n’uruhuri rw’ibibazo, by’umwihariko abanyamahanga badahabwa ubwisanzure kubera gutinya ko bashyira hanze ibikorwa bibi bikorwa n’ubutegetsi.

Raporo ya JED yasohotse ku wa 2 Nzeri 2022 ivuga ko nibura imanza 124 z’ihohoterwa ry’ubwisanzure bw’itangazamakuru, harimo umunyamakuru umwe wishwe, 44 bakangishwa urupfu, 37 batawe muri yombi, 18 barakubitwa, 2 bashimuswe mu gihe ibitangazamakuru bigera kuri 17 byahagaritswe muri uyu mwaka.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?