BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Umubyeyi w’i Bugesera yibarutse abana bane icyarimwe

Umubyeyi w’i Bugesera yibarutse abana bane icyarimwe

admin
Last updated: December 26, 2022 4:31 pm
admin
Share
SHARE

Umubyeyi wo mu Karere ka Bugesera ari mu byishimo n’umuryango we nyuma yo kwibaruka abana 4 icyarimwe yari amaze imyaka 15 ategereje urubyaro.

Umubyeyi yibarutse abana bane

Ni inkuru nziza yasesekaye muri uyu muryango mu rukererera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki 26 Ukuboza 2022, mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal, aho yibarutse abakobwa babiri n’abahungu babiri.

Uyu muryango ukaba wari umaze imyaka 15 utegereje urubyaro, aho bari barivuje mu bitaro binyuranye ariko bikananirana.

Uwiragiye Marie Chantal yasamaga inda zikavamo.

Nk’uko tubikesha bagenzi bacu ba RBA, Uwiragiye Marie Chantal yibarutse abana hakoreshejwe uburyo bwo kubagwa, bavutse bafite hagati y’ikilo na garama 700g n’ikiro na garama 300g.

Bari barivuje mu mavuriro anyuranye harimo ayo mu Karere ka Bugesera ndetse n’ibindi bitaro bikomeye mu gihugu.

Uwiragiye Marie Chantal akaba yageneye ubutumwa indi miryango itegereje urubyaro, aho abasaba kwihangana kandi ntibacike intege.

Uyu muryango ukaba uvuga ko ubushobozi wari ufite bumaze gucyendera bitewe n’imyaka bari bamaze bivuza, bagasaba ubufasha bwo kubunganira harimo no kwishyura ibitaro n’ibizatunga abo bana.

Kugeza aba bana bavutse uko ari bane barimo kwitabwaho mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal, aho abaganga bari kubakurikiranira muri serivise yihariye yita ku bana b’impinja bavutse. Aba bana bakaba barasamwe mu buryo busanzwe.

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
12 Comments
  • Mwiringire says:
    December 26, 2022 at 4:41 pm

    Amen

    Reply
  • Danny says:
    December 26, 2022 at 6:24 pm

    IMANA IKORA UKO ISHATSE, IBASHUBIRIJE IGIHE IBASUBIRIZA ICYARIMWE.

    Reply
  • TWAGIRUMUKIZA faustin says:
    December 26, 2022 at 6:43 pm

    turabayozoyoza bambe nimwonkwe mukama mulungyi!!!

    Reply
  • Harerimana says:
    December 26, 2022 at 7:59 pm

    Imanishimwe niyonkwe

    Reply
  • Channy says:
    December 27, 2022 at 6:52 am

    Isubiriza igihe Kandi iba ishaka ko twiga kwihangana bityi ikatunesheshereza 🙏🙏🙏

    Reply
  • Manasse says:
    December 27, 2022 at 7:07 am

    Amen

    Reply
  • augustin nsanzimana says:
    December 27, 2022 at 3:16 pm

    IMANA IHABWE ICYUBAHIRO N’ISHIMWE RIKOMEYE

    Reply
  • hategeka vincent says:
    December 27, 2022 at 3:23 pm

    AMENA NIMWONKWE!

    Reply
  • Vincent says:
    December 27, 2022 at 7:08 pm

    Iki nicyo gihe cyanyu amen?

    Reply
  • Bernard Niyitegeka fed says:
    December 28, 2022 at 6:22 am

    Imana nishimwe igaragaje ko isubiriza igihe nibonkwe.. mdphntppj

    Reply
  • iganze says:
    December 28, 2022 at 11:49 am

    Impundu z’urwunge ahiiiiiiahiiiiiiahiiiiiii Imana yihesheje ikuzo n’ukuri. Abategereje urubyaro mwese ndabakomeje, kandi muhumura ISAHA YANYU YO GUTABARWA NAMWE IZAGERA. Yezu Kristu Umukiza watuvukiye, nabagabire namwe ibyishimo byo kuba ababyeyi kandi arabishoboye nimubyizere.

    Reply
  • Mutabazi emmy says:
    December 30, 2022 at 4:16 pm

    Urakze mana wihesheje icyubahiro abantu bose bakubahe

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?