BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 9, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > U Burusiya: Minisitiri yiyahuye nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin

U Burusiya: Minisitiri yiyahuye nyuma yo kwirukanwa na Perezida Putin

sam
Last updated: July 7, 2025 3:06 pm
sam
Share
SHARE

Roman Starovoit wari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya yiyahuye nyuma y’amasaha make yirukanywe kuri izi nshingano za Perezida Vladimir Putin.
Urupfu rwa Roman Starovoit rwamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki 7 Nyakanga 2025. Umubiri we wasanzwe mu modoka ye muri Moscow ufite igikomere cy’isasu ndetse hafi ye hari imbunda.

Mbere yo kugirwa Minisitiri w’Ubwikorezi, Starovoit yari Guverineri w’agace ka Kursk gahana imbibi na Ukraine
Amakuru dukesha RT avuga ko kwirukanwa kwe gushobora kuba gufitanye isano n’ibyaha bya ruswa yakoze kuva muri Gashyantare 2022 ubwo hatangiraga intambara ihanganishije u Burusiya na Ukraine.

Uku kunyereza amafaranga yari agenewe gahunda yo kubaka ibikorwaremezo by’umutekano kwatumye abagera kuri 20 batabwa muri yombi barimo na Aleksey Dedov wari umwungiriza wa Starovoit.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rwanda rwanenze ibitangazamakuru bikomeje gusigirizano kwamamaza umutwe wa FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanenze igitangazamakuru cy’Abongereza BBC, gikomeje…

Umuryango wa Tshisekedi urashinjwa gusahura amabuye y’agaciro

Ubushinjacyaha bw’u Bubiligi bwashyikirijwe dosiye y’abantu icyenda bo mu muryango wa Perezida…

Rufonsina aritegura kwibaruka ubuheta

Nyuma y’uko Uwimpundu Sandrine ukoresha izina rya Rufonsina muri Filime ‘Umuturanyi’, yambitswe…

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko tariki ya 30 Kanama…

Kamonyi: Umugore n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi bakekwaho ubwicanyi

Umugore w’imyaka 37 n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi nyuma yo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

3 Min Read
Mu mahanga

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

3 Min Read
Mu mahanga

Tanzania: Minisitiri w’Intebe yavuye mu baziyamamariza ubudepite

1 Min Read
Mu mahanga

Baltasar waciye agahigo ko kuryamana n’bagore barenga 400 yakatiwe imyaka 18 y’igifungo

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?