BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Sugira Erneste yageze mu ikipe nshya, azakomeza kwambara nomero 16

Sugira Erneste yageze mu ikipe nshya, azakomeza kwambara nomero 16

admin
Last updated: August 15, 2022 8:40 am
admin
Share
SHARE

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Sugira Erneste ubu ari mu gihugu cya Syria aho yamaze gusinya umwaka umwe mu ikipe yaho yitwa Alwahda SC.

Sugira Erneste yahawe nomero 16 yambaraga muri As Kigali

Ku wa Gatandatu nibwo Sugira yafashe indege ya Ethiopian Airlines ajya muri Syria.

Akihagera yanditse kuri Twitter ati “Ngeze i Damascus. Nishimiye kuba umwe mu bagize ikipe yanyu.”

Sugira Erneste wavuye mu ikipe ya As Kigali, ndetse akaba yaranakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda no hanze yarwo, yavuze ko ubuzima bushya butangiye.

Ati “Urugendo rushya. Paji nshya. Mu rugo rushya.”

Ikipe ya Alwahda SC yasinyishije Sugira Erneste amasezerano y’umwaka umwe, azakina uyu mwaka wa 2022-2023.

Sugira Erneste ni nomero 16 muri iki kipe ya Al Wahda ikina icyiciro cya mbere muri Syria. Mu mwaka w’imikino iheruka Al Wahda yasoje shampiyona ku mwanya wa 4 mu makipe 14.

Tariki ya 2 Nzeri, 2022 Al Wahda izakira Al Jazira.

Sugira yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Alwahda SC
Sugira ageze i Damascus
Iyi ndege ni yo yamutwaye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Iran yemeje urupfu rw’Umuyobozi w’Inama y’Umutekano yayo

Leta ya Iran yemeje ko Umunyamabanga w’Inama y’Umutekano yayo, Dr. Ali Larijani,…

Musanze: Yafatanywe ibiro bisaga 6 by’urumogi arimo kurukwirakwiza

Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, tariki ya 16 werurwe 2026,…

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za…

Abasirikare b’u Rwanda bari bagiye gutanga ubutabazi muri Jamaica bagarukanye ishema

Abasirikare mu Ngabo z’u Rwanda bari berecyeje muri Jamaica mu butumwa bw’ubutabazi…

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?