BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Sugira Erneste yageze mu ikipe nshya, azakomeza kwambara nomero 16

Sugira Erneste yageze mu ikipe nshya, azakomeza kwambara nomero 16

admin
Last updated: August 15, 2022 8:40 am
admin
Share
SHARE

Umukinnyi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Sugira Erneste ubu ari mu gihugu cya Syria aho yamaze gusinya umwaka umwe mu ikipe yaho yitwa Alwahda SC.

Sugira Erneste yahawe nomero 16 yambaraga muri As Kigali

Ku wa Gatandatu nibwo Sugira yafashe indege ya Ethiopian Airlines ajya muri Syria.

Akihagera yanditse kuri Twitter ati “Ngeze i Damascus. Nishimiye kuba umwe mu bagize ikipe yanyu.”

Sugira Erneste wavuye mu ikipe ya As Kigali, ndetse akaba yaranakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda no hanze yarwo, yavuze ko ubuzima bushya butangiye.

Ati “Urugendo rushya. Paji nshya. Mu rugo rushya.”

Ikipe ya Alwahda SC yasinyishije Sugira Erneste amasezerano y’umwaka umwe, azakina uyu mwaka wa 2022-2023.

Sugira Erneste ni nomero 16 muri iki kipe ya Al Wahda ikina icyiciro cya mbere muri Syria. Mu mwaka w’imikino iheruka Al Wahda yasoje shampiyona ku mwanya wa 4 mu makipe 14.

Tariki ya 2 Nzeri, 2022 Al Wahda izakira Al Jazira.

Sugira yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Alwahda SC
Sugira ageze i Damascus
Iyi ndege ni yo yamutwaye

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe,…

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje guhindura…

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya, giherereye mu murwa mukuru…

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako iherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka…

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

Umunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju Reagan yasabye imbabazi ku butumwa yagaragayemo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?