BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Aug 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Somalia: Abasirikare bahamijwe icyaha cyo gukorana na Al shabaab bahawe igihano cy’urupfu

Somalia: Abasirikare bahamijwe icyaha cyo gukorana na Al shabaab bahawe igihano cy’urupfu

sam
Last updated: August 12, 2025 11:18 am
sam
Share
SHARE

Abasirikare babiri bo muri Somalia bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa Al Shabaab, bakagira uruhare mu kwica umuyobozi wabo.

Aba basirikare bishwe ku wa 11 Kanama 2025, nyuma y’uko bari bahamijwe n’urukiko rwa gisirikare gukorana na Al Shabab bakica umuyobozi wari uyoboye umutwe babarizwamo, Aided Mohamed Ali, muri Nyakanga.

Umushinjacyaha Hassan Siyad Mohamed, yavuze ko basanze umwe mu basirikare ba Somalia yarakiriye ibiturika, undi akabishyira munsi y’umusego wa Mohamed Ali, mbere y’uko biturika akahasiga ubuzima.

Yagize ati “Aba bishwe uyu munsi kubera uruhare bagize mu rupfu rwa Aided Mohamed Ali.”

Umuyobozi Mukuru w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Gisirikare, Liban Ali Yarrow, yavuze ko uko byagenda kose abakorana na Al Shabaab bazamenyekana kandi bazahanwa.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika yafatiye ibihano PARECO-FF yashinzwe n’uwahoze mu buyobozi bwa M23

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 12 Kanama 2025 zafatiye ibihano…

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Santrafurika zambitswe imidari y’ishimwe

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri muri Centrafrique mu butumwa bw’amahoro bwa Loni…

Imbonerakure zitashye zariye karungu zivuga ko leta yazigambaniye

Abaturage mu Burundi baravuga ko batewe impungenge n'Imbonerakure zikubutse mu ntambara muri…

Ukraine yamaramaje ko nta butaka bwayo buzomekwa ku Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky yamaramaje ko Ukraine itazigera ireka akarere ka Donbas ngo…

Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC

Urukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera baguye mu bitero by’indege z’igisirikare cya Israel 

1 Min Read
Mu mahanga

Mali: Abasirikare benshi barimo Général bafungiwe umugambi wo guhirika ubutegetsi 

1 Min Read
Mu mahanga

Ituri : Abasaga 10 000 bifuza gusubira mu byabo bagakumirwa n’ibyihebe bya ADF

1 Min Read
Mu mahanga

Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru aba Jenerali barindwi avuga ko abapfunyikiye impamba y’agatubutse

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?