BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Sitting Volleyball: U Rwanda rwasezerewe muri shampiyona y’Isi

Sitting Volleyball: U Rwanda rwasezerewe muri shampiyona y’Isi

admin
Last updated: November 9, 2022 1:08 pm
admin
Share
SHARE

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abagore y’umukino wa Volleyball y’abafite ubumuga [Sitting Volleyball], yatsindiwe muri ¼ cya shampiyona y’Isi iri kubera muri Bosnie-Hérzegovine.

Ikipe y’Igugu y’u Rwanda y’abagore ntabwo wari umunsi mwiza kuri yo

Ni umukino ikipe y’Igihugu y’abagore y’u Rwanda yakinaga n’ikipe y’igihugu ya Slovenie, itsindwa  amaseti 3-0 (20-25,8-25,26-24) bituma ibura itike yo gukina umukino wa ½.

U Rwanda mu bagore rwageze muri ¼ nyuma yo gutsinda imikino itatu irimo Ukraine, Bosnie-Hérzegovine na Hongrie.

Ikipe y’Igihugu y’abagabo, yo yakinaga umukino wo guhatanira imyanya kuva kuri 13 kugera kuri 16, yatsinze ikipe y’igihugu y’u Buyapani amaseti 3-0 25-21,25-21,25-21)

Nyuma y’imikino iri gukinwa, amakipe yo mu Rwanda araza kumenya abo bazahura ku munsi w’ejo.

U Rwanda rwatsinze u Buyapani amaseti 3-0

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?