BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Sitting Volleyball: U Rwanda rwasezerewe muri shampiyona y’Isi

Sitting Volleyball: U Rwanda rwasezerewe muri shampiyona y’Isi

admin
Last updated: November 9, 2022 1:08 pm
admin
Share
SHARE

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abagore y’umukino wa Volleyball y’abafite ubumuga [Sitting Volleyball], yatsindiwe muri ¼ cya shampiyona y’Isi iri kubera muri Bosnie-Hérzegovine.

Ikipe y’Igugu y’u Rwanda y’abagore ntabwo wari umunsi mwiza kuri yo

Ni umukino ikipe y’Igihugu y’abagore y’u Rwanda yakinaga n’ikipe y’igihugu ya Slovenie, itsindwa  amaseti 3-0 (20-25,8-25,26-24) bituma ibura itike yo gukina umukino wa ½.

U Rwanda mu bagore rwageze muri ¼ nyuma yo gutsinda imikino itatu irimo Ukraine, Bosnie-Hérzegovine na Hongrie.

Ikipe y’Igihugu y’abagabo, yo yakinaga umukino wo guhatanira imyanya kuva kuri 13 kugera kuri 16, yatsinze ikipe y’igihugu y’u Buyapani amaseti 3-0 25-21,25-21,25-21)

Nyuma y’imikino iri gukinwa, amakipe yo mu Rwanda araza kumenya abo bazahura ku munsi w’ejo.

U Rwanda rwatsinze u Buyapani amaseti 3-0

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

RSSB Tigers BBC yegukanye FERWABA Super Cup 2026 ihigitse APR BBC

2 Min Read
Imikino

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

3 Min Read
Imikino

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

1 Min Read
Imikino

Bizimana Djihad yasezeye Al Ahli SC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?