BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rwamagana City yaguze myugariro wavuye muri Kiyovu Sports

Rwamagana City yaguze myugariro wavuye muri Kiyovu Sports

admin
Last updated: August 11, 2022 10:18 am
admin
Share
SHARE

Myugariro wo hagati, Mutangana Derrick wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports, yerekeje muri Rwamagana City yazamutse mu Cyiciro cya Mbere.

Mutangana Derrick yasubiye mu ikipe yamuzamuye

Nyuma yo gusoza amasezerano mu ikipe ya Kiyovu Sports, ntabwo ubuyobozi bw’iyi kipe bwifuje kugumana na Mutangana Derrick wari uyimazemo imyaka itatu.

Uyu myugariro wo hagati, yahisemo gusubira iwabo i Rwamagana, maze asinyira ikipe ya Rwamagana City amasezerano y’umwaka umwe [2022-2023].

Uyu musore ubwo yari atangiye guhabwa umwanya muri Kiyovu Sports, umukino we wa Mbere yakinnye ni uwa Rayon Sports ahita afata umwanya kuva ubwo.

Mu myaka ibiri ishize, ntabwo uyu musore yagize amahirwe yo kubona umwanya uhoraho wo kubanza mu kibuga, byanamugizeho ingaruka zo gusoza shampiyona adahaze neza.

Ni umusore wafashije Kiyovu Sports mu myaka yari ahamaze

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?