BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jan 24, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rwamagana City yaguze myugariro wavuye muri Kiyovu Sports

Rwamagana City yaguze myugariro wavuye muri Kiyovu Sports

admin
Last updated: August 11, 2022 10:18 am
admin
Share
SHARE

Myugariro wo hagati, Mutangana Derrick wakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports, yerekeje muri Rwamagana City yazamutse mu Cyiciro cya Mbere.

Mutangana Derrick yasubiye mu ikipe yamuzamuye

Nyuma yo gusoza amasezerano mu ikipe ya Kiyovu Sports, ntabwo ubuyobozi bw’iyi kipe bwifuje kugumana na Mutangana Derrick wari uyimazemo imyaka itatu.

Uyu myugariro wo hagati, yahisemo gusubira iwabo i Rwamagana, maze asinyira ikipe ya Rwamagana City amasezerano y’umwaka umwe [2022-2023].

Uyu musore ubwo yari atangiye guhabwa umwanya muri Kiyovu Sports, umukino we wa Mbere yakinnye ni uwa Rayon Sports ahita afata umwanya kuva ubwo.

Mu myaka ibiri ishize, ntabwo uyu musore yagize amahirwe yo kubona umwanya uhoraho wo kubanza mu kibuga, byanamugizeho ingaruka zo gusoza shampiyona adahaze neza.

Ni umusore wafashije Kiyovu Sports mu myaka yari ahamaze

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Biravugwa ko abarwanyi b’abacancuro bongeye kugaragara muri Congo

Amakuru atangwa n’abakurikiranira hafi ibyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga…

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

Kuri uyu wa Kane tariki 22 Mutarama 2026, Igipolisi cya Uganda cyatangaje…

Rayon Sports yatandukanye na Haruna Ferouz

Nyuma y'iminsi Haruna Ferouz atagaragara mu myitozo ya Rayon Sports, yamaze gutandukana…

Jose Chameleone yaguze Radio i Burundi

Umuhanzi ukomeye mu muziki wa Afurika uzwi ku izina rya Jose Chameleone…

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiriye kuyobora Guinée Conakry muri manda y’imyaka irindwi, mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yashyikirije abasifuzi mpuzamahanga ibirango bya FIFA bazakoresha muri 2026

2 Min Read
Imikino

CAN 2025: Maroc na Senegal zabonye itike ya ½ 

4 Min Read
Imikino

Bugesera FC yongeye gukora mu nkovu Rayon Sports FC

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?