BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

admin
Last updated: January 11, 2023 12:44 pm
admin
Share
SHARE

Mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo wakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 6, bimuviramo urupfu, ubwo twakoraga iyi nkuru yari atarafatwa ariko ubuyobozi bwahageze.

Ibiro by’Akarere ka Ruhango

Amakuru UMUSEKE wahawe n’umwe mu baturage bari aho byabereye, yatubwiye ko ari mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango.

Uyu mugabo bikekwa ko yari yasinze yakubise umwana we mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa Gatatu.

Abayobozi bageze mu rugo rw’uyu mugabo mu gitondo kuri uyu wa Gatatu. Yagize ati “Ntarafatwa, ariko Abanyerondo baraye iwe bakomeza kumucungira hafi.”

Umuturage uri aho byabereye kandi yatubwiye ko uyu mugabo yitwa Gonzalve. Umwana akekwaho kwica ngo yamubyaranye n’undi mugore uba i Kibungo, ubu yarerwaga na mukase ari ubona n’uwo mugabo.

Ati “Nyina w’umwana ashobora kuba ataramenya ayo makuru kuko bamuhamagaye nomero ye barayibura.”

Yakomeje agira ati “Ako kana bari baragatorongeje, katagaburirwa, kadafatwa neza.”

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Pingback: Hamenyekanye amakuru ababaje ku mwana w’umukobwa bikekwa ko yishwe na Se – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?