BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

admin
Last updated: January 11, 2023 12:44 pm
admin
Share
SHARE

Mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo wakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 6, bimuviramo urupfu, ubwo twakoraga iyi nkuru yari atarafatwa ariko ubuyobozi bwahageze.

Ibiro by’Akarere ka Ruhango

Amakuru UMUSEKE wahawe n’umwe mu baturage bari aho byabereye, yatubwiye ko ari mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango.

Uyu mugabo bikekwa ko yari yasinze yakubise umwana we mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishyira ku wa Gatatu.

Abayobozi bageze mu rugo rw’uyu mugabo mu gitondo kuri uyu wa Gatatu. Yagize ati “Ntarafatwa, ariko Abanyerondo baraye iwe bakomeza kumucungira hafi.”

Umuturage uri aho byabereye kandi yatubwiye ko uyu mugabo yitwa Gonzalve. Umwana akekwaho kwica ngo yamubyaranye n’undi mugore uba i Kibungo, ubu yarerwaga na mukase ari ubona n’uwo mugabo.

Ati “Nyina w’umwana ashobora kuba ataramenya ayo makuru kuko bamuhamagaye nomero ye barayibura.”

Yakomeje agira ati “Ako kana bari baragatorongeje, katagaburirwa, kadafatwa neza.”

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Pingback: Hamenyekanye amakuru ababaje ku mwana w’umukobwa bikekwa ko yishwe na Se – Umuseke

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
Politike

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?