BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Rubavu: Abantu 29 bafatiwe mu mukwabo wo gushaka abakekwaho ubujura

Rubavu: Abantu 29 bafatiwe mu mukwabo wo gushaka abakekwaho ubujura

admin
Last updated: October 26, 2022 12:47 pm
admin
Share
SHARE

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2022, mu Murenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, habaye ibikorwa byo guta muri yombi abakekwaho ubujura, hafatwa abagera kuri 29.

Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko abafashwe bashyikirijwe urwego rw’Ubugenzacyaha

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gisenyi, TUYISHIME Jean Bosco, yabwiwe UMUSEKE ko aba bafashwe nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturage.

Yagize ati “Abaturage bakwiye kugira icyizere kuko umukwabo turawukora umunsi ku munsi, kandi turaza kubakurikirana ku buryo bamwe muri bo baza gushyikirizwa inkiko.”

Uyu muyobozi yavuze ko abakekwa bari bamaze iminsi batanzweho amakuru ku bikorwa bihungabanya umutekano birimo ubujura.

Yagize ati “Twagendaga tureba abaturage dusanzwe tuzi ko ari abajura, kandi hari abo twafatanye ibikoresho.”

Yasabye abaturage gukomeza gutanga amakuru ku bahungabanya umutekano. Abafashwe uko ari 29 bajyanywe gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gisenyi.

TUYISHIMIRE Raymond / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?