BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 18, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Rubavu: Abantu 29 bafatiwe mu mukwabo wo gushaka abakekwaho ubujura

Rubavu: Abantu 29 bafatiwe mu mukwabo wo gushaka abakekwaho ubujura

admin
Last updated: October 26, 2022 12:47 pm
admin
Share
SHARE

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2022, mu Murenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu, habaye ibikorwa byo guta muri yombi abakekwaho ubujura, hafatwa abagera kuri 29.

Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko abafashwe bashyikirijwe urwego rw’Ubugenzacyaha

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gisenyi, TUYISHIME Jean Bosco, yabwiwe UMUSEKE ko aba bafashwe nyuma y’amakuru yatanzwe n’abaturage.

Yagize ati “Abaturage bakwiye kugira icyizere kuko umukwabo turawukora umunsi ku munsi, kandi turaza kubakurikirana ku buryo bamwe muri bo baza gushyikirizwa inkiko.”

Uyu muyobozi yavuze ko abakekwa bari bamaze iminsi batanzweho amakuru ku bikorwa bihungabanya umutekano birimo ubujura.

Yagize ati “Twagendaga tureba abaturage dusanzwe tuzi ko ari abajura, kandi hari abo twafatanye ibikoresho.”

Yasabye abaturage gukomeza gutanga amakuru ku bahungabanya umutekano. Abafashwe uko ari 29 bajyanywe gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gisenyi.

TUYISHIMIRE Raymond / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Imirwano yahinduye isura mu nkengero za Point Zero

Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu bice bya Minembwe,…

Wazalendo basubiranyemo babiri bahasiga ubuzima

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zikomeje guhindura…

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

Imyigaragambyo y’abakozi ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya, giherereye mu murwa mukuru…

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

Inkongi y’umuriro yibasiye inyubako iherereye mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka…

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

Umunyamakuru Ndayishimiye Reagan uzwi nka Rugaju Reagan yasabye imbabazi ku butumwa yagaragayemo…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
Politike

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?