BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rayon yateye ivi muri APR; Jean Paul yambitse impeta Gogo – AMAFOTO

Rayon yateye ivi muri APR; Jean Paul yambitse impeta Gogo – AMAFOTO

admin
Last updated: December 29, 2022 11:57 am
admin
Share
SHARE

Umuvugizi w’ikipe ya Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul, yasabye Nkusi Goreth uzwi nka Gogo kuzamubera umugore w’isezerano.

Gogo yasabwe na Jean Paul Nkurunziza kuzamubera umugore w’isezerano

Ni umuhango wabereye mu Mujyi wa Kigali, tariki 28 Ukuboza 2022 muri Quiet Haven Hotel iherereye Nyarutarama.

Uyu muvugizi wa Rayon Sports yazanye impeta, asaba Gogo ko yamwemerera kuzamubera mama w’abana be.

Aba bombi bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo, n’ubwo urukundo rwabo rwigeze kuzamo kidobya ariko ntibyatinze kuko bakomezanyije urugendo.

Uwahaye amakuru UMUSEKE, yemeje ko Jean Paul yatereye ivi Gogo akamwambika imusaba kuzamubera umugore.

Ati “Inkuru ni yo rwose pe.”

Aba bombi bateganya kuzakora ubukwe muri 2023, ariko ntabwo baremenyerana ku matariki n’ukwezi buzaberaho.

Gogo asanzwe azwi nk’umufana ukomeye w’ikipe ya APR FC, mu gihe Jean Paul we yisanze amaraso ye ari ama-Rayon.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
4 Comments
  • Anonymous says:
    December 29, 2022 at 6:23 pm

    ni.ok.pe

    Reply
  • Ndizeye jean Paul says:
    December 29, 2022 at 9:58 pm

    Ngaye nivuye inyuma title y’inkuru kabisa nta professional irimo nimwe ahubwo yateza ikibazo ,weho munyamakuru Rayon ni abanyarwanda,APR FC n’abo ni uko ese football ni intambara iwawe ?gusa no mu ntambara bajya mu mishyikirano!Gukunda umuntu cg ikintu ,ahantu mu Rwanda si ikosa ry’atuma abantu batabana ,VA mu kwivanga mu rukundo ngo ubihuze ni byo ushaka!

    Ikindi Rayon ni team Nini na APR FC ni team Nini ?dusobanurire niba aba aribo banyiri amakipe kabisa!

    N.B:Nti musibe comment yanjye si ihame .murakoze

    Reply
    • Anonymous says:
      December 30, 2022 at 8:39 am

      Uvuze ukuri pe

      Reply
      • Anonymous says:
        December 30, 2022 at 8:48 am

        Iriya title nimbi cyane pe ntabunyamwuga buri ngo yateye ivi muri APR Gogo x ni we APR? cg ababyeyi be niyo? Niyo yaba aba muri commutee yayo si uko wavuga🙄🙄

        Reply

Leave a Reply to Ndizeye jean Paul Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?