BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 5, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

sam
Last updated: July 1, 2025 10:18 am
sam
Share
SHARE

Umuririmbyi w’Umunyamerika Austin Richard Post wamamaye nka Malone, yatandukanye na Christy Lee wambika ibyamamare, bari bamaze iminsi bari mu rukundo.

TMZ yatangaje ko aba bombi batandukanye muri Gicurasi 2025, nyuma yo gutangira urukundo rwabo mu ntangiro z’uyu mwaka. Ntabwo biramenyekana niba bazakomeza kuba inshuti zisanzwe cyangwa se niba bazacana umubano burundu.

Post Malone bwa mbere yagaragaye ari kumwe na Christy Lee, muri Mutarama 2025 ubwo bari bari gusangira ibya nimugoroba mu Mujyi wa Roma mu Butaliyani. Muri Werurwe nabwo bongeye kugaragara bahuje urugwiro basohokanye, byemeza iby’urukundo rwabo.

Christy Lee yambika abantu batandukanye ndetse amaze gukorana n’ibyamamare nka Bella Thorne, Brooks Nader na Charlotte McKinney.

Post Malone yatandukanye n’uwahoze ari fiancée we, Hee Sung ’Jamie’ Park, mu mpera za 2024, ndetse banahagarika ubukwe bwabo. Aba bombi bafitanye umwana w’umukobwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Amerika: Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure

Abantu 24 bamaze gupfira mu mwuzure wibasiye abaturage muri Leta ya Texas…

Burundi: Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge kiri kubahindura abasazi

Abiganjemo urubyiruko bugarijwe n’ikiyobyabwenge bise 'Boost' kivangavanzemo ibinyabutabire nka Cocaine n’ibindi. Iyi…

Leta ya DRC igize icyo ivuga ku biganiro byayo na AFC/M23 i Doha

Guverinoma ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ku nshuro yambere ivuze ku…

Perezida Kagame yashimye umuhate wa Trump ku kibzo cya RDC ugereranije n’abandi

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko ubutegetsi bwa Donald Trump uyoboye Leta Zunze…

Perezida Kagame yavuze icyo u Rwanda ruzakora DRC nidasenya FDLR 

Perezida Paul Kagame yavuze ku ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'amahoro aherutse gushyirwaho…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Hamenyekanye icyahitanye umubyeyi wa Rihanna umaze ukwezi yitabye Imana

3 Min Read
Imyidagaduro

Yago yemeje ko yatandukanye n’ukobwa baherutse ku byarana

2 Min Read
Imyidagaduro

Tiwa Savage yihenuye k’uwavuze ko agirwa mwiza n’amafoto

2 Min Read
Imyidagaduro

Kevin Kade yasimbujwe Bull Dog mu bitaramo bya Iwacu Muzika Festival

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?