BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Perezida wa Tanzania aratangira uruzinduko rw’iminsi 3 mu Bushinwa

Perezida wa Tanzania aratangira uruzinduko rw’iminsi 3 mu Bushinwa

admin
Last updated: November 2, 2022 12:24 pm
admin
Share
SHARE

Ibiro by’Umukuru w’igihugu muri Tanania, byatangaje ko Perezida Samia Suluhu Hassan atangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Bushinwa.

Perezida Samia Suluhu Hassan asuye Ubushinwa mu gihe ibihugu byombi bimaze imyaka 58 bifitanye umubano

Uruzundo rwe ruzageza tariki 04 Ugushyingo, 2022.

Abiro bya Perezida byatangaje ko ari we mukuru w’igihugu wa Africa ugiye mu Bushinwa kuva Perezida w’icyo gihugu, Xi Jinping atorewe n’abagize ishyaka rye kongera kuribera Umunyamabanga Mukuru muri manda ya gatatu, binavuze ko ari we uzakomeza kuba Perezida.

Samia Suluhu Hassan ndetse asuye Ubushinwa mu gihe hashize imyaka itatu hadutse icyorezo cya COVID-19 cyagiye guihagarika ingendo z’Abakuru b’Ibihugu no guhura imbona nkubone.

Ku wa Kane, Perezida Suluhu azakirwa muri sale nini yitwa “Great Hall of the People”, aho we na Xi Jinping bazasinya amasezerano anyuranye y’ubufatanye.

Mu bandi bayobozi bakuru Suluhu azahura na bo ni Minisitiri w’Intebe w’Ubushinwa, Li Keqiang, na Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Li Zhanshu.

Tanzania n’Ubushinwa bimaze imyaka 58 bifitanye umubano mu bya dipolomasi. Itangazo rya Perezidansi ya Tanzania rivuga ko abayobozi bombi bazaganira ibya politiki, ubukungu, umuco, n’ubufatanye bw’ibihugu.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

Leta y’u Bushinwa igiye kujya iha ababyeyi 500 $ ku mwana mu rwego rwo kuzamura imbyaro

Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga…

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko itigeze ihagarika amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira…

RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko…

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

Abarwanyi b'umutwe wa M23 bigaruriye uduce dukomeye twa Ngululu na Ndete, muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?