BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 20, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

sam
Last updated: July 19, 2025 12:57 pm
sam
Share
SHARE

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA).

AS Kigali niyo yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ibinyujije ku mbung ankoranyambaga. Yavuze ko Perezida wayo atanga kandidatire kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 12 Nyakanga 2025 saa Sita ku cyicaro cya FERWAFA.

AS Kigali kandi yavuze ko imushyigikiye ndetse inamwifuriza amahirwe masa. Shema Ngoga Fabrice umaze imyaka itatu ayoboye AS Kigali niwe wa mbere bimenyekanye ko atanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA mu myaka ine iri imbere.

Hari andi mazina avugwa ko nayo ashobora gutanga kandidatire arimo Uwayezu François Régis wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo; Uwayezu Jean Fidele wayoboye Rayon Sports; Munyantwari Alphonse usanzwe kuri uyu mwanya ndetse na Birungi John Bosco usanzwe ari Perezida wa Vision FC.

Amatora y’uzayobora FERWAFA muri manda y’imyaka ine ateganyijwe ku wa 30 Kanama 2025.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

Umugore wo mu Karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwica umugabo we w’imyaka…

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo…

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa…

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe…

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

2 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?