BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Nov 3, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

admin
Last updated: October 30, 2025 10:14 am
admin
Share
SHARE

Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasubiyse urugendo ku Munota wanyuma kubera gutinya Coup d’Etat .

Perezida Ndayishimiye yagombaga kwitabira inama i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025 yiga ku bibazo by’umutekano mu karere cyane cyane muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku butumire bwa Perezida Emmanuel Macron afatanyije na Faure Gnassingbé wa Togo usanzwe ari umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC muri Afurika yunze ubumwe

Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasubiyse urugendo ku Munota wanyuma kubera gutinya Coup d’Etat .

Perezida Ndayishimiye yagombaga kwitabira inama i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025 yiga ku bibazo by’umutekano mu karere cyane cyane muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku butumire bwa Perezida Emmanuel Macron afatanyije na Faure Gnassingbé wa Togo usanzwe ari umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC muri Afurika yunze ubumwe . .

Amakuru avuga ko ku wa 28 U kwakira yageze ku kibuga cy’indege cya Bujumbura yamenye amakuru y’umumbi wo kumuhirika akagaruka igitaraganya.

Biravugwa ko iyi coup d’etat yari yamaze gutegurwa na bamwe mu ba Jenerali bahoze barwana muri CNDD-FDD .

Ni umugambi ufitanye isano n’ifingwa rya Général de brigade Bertin Gahungu umaze ukwezi kurenga afunzwe ku itegeko rya Ndayishimiye

Abandi batumiwe muri iyi nama harimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi wa RDC.

Kuri ubu ntacyo ibiro bya perezidansi y’u Burundi iratangaza ku bijyanye n’urugendo rwa Perezida w’iki gihugu cyangwa se intumwa zimuhagarariye i Paris mu Bufaransa.

 

 

 

 

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
Politike

Qatar yahigiye kwihorera ku gitero Isiraheli yabagabyeho i Doha bidatinze

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye Zo’o Minto’o uyobora Ikigo Nyafurika cy’iby’indege

1 Min Read
Politike

U Rwanda rwasubije HRW yavuze ko imva zo mu irimbi rya gisirikare zikomeje kwiyongera 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?