BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 17, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

admin
Last updated: October 30, 2025 10:14 am
admin
Share
SHARE

Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasubiyse urugendo ku Munota wanyuma kubera gutinya Coup d’Etat .

Perezida Ndayishimiye yagombaga kwitabira inama i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025 yiga ku bibazo by’umutekano mu karere cyane cyane muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku butumire bwa Perezida Emmanuel Macron afatanyije na Faure Gnassingbé wa Togo usanzwe ari umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC muri Afurika yunze ubumwe

Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasubiyse urugendo ku Munota wanyuma kubera gutinya Coup d’Etat .

Perezida Ndayishimiye yagombaga kwitabira inama i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025 yiga ku bibazo by’umutekano mu karere cyane cyane muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku butumire bwa Perezida Emmanuel Macron afatanyije na Faure Gnassingbé wa Togo usanzwe ari umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC muri Afurika yunze ubumwe . .

Amakuru avuga ko ku wa 28 U kwakira yageze ku kibuga cy’indege cya Bujumbura yamenye amakuru y’umumbi wo kumuhirika akagaruka igitaraganya.

Biravugwa ko iyi coup d’etat yari yamaze gutegurwa na bamwe mu ba Jenerali bahoze barwana muri CNDD-FDD .

Ni umugambi ufitanye isano n’ifingwa rya Général de brigade Bertin Gahungu umaze ukwezi kurenga afunzwe ku itegeko rya Ndayishimiye

Abandi batumiwe muri iyi nama harimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi wa RDC.

Kuri ubu ntacyo ibiro bya perezidansi y’u Burundi iratangaza ku bijyanye n’urugendo rwa Perezida w’iki gihugu cyangwa se intumwa zimuhagarariye i Paris mu Bufaransa.

 

 

 

 

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za…

Abasirikare b’u Rwanda bari bagiye gutanga ubutabazi muri Jamaica bagarukanye ishema

Abasirikare mu Ngabo z’u Rwanda bari berecyeje muri Jamaica mu butumwa bw’ubutabazi…

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we…

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje…

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?