BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Perezida Emmanuel Macron yashimiye umukinnyi wa Maroc

Perezida Emmanuel Macron yashimiye umukinnyi wa Maroc

admin
Last updated: December 15, 2022 5:30 pm
admin
Share
SHARE

Nyuma yo kureba umukino wahuje u Bufaransa n’Ikipe y’Igihugu ya Maroc, Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yashimiye umukinnyi, Sofyan Amrabat ahamya ko yitwaye neza muri iri rushanwa.

Imikinire ya Sofyan Amrabat, yashimwe na Perezida Emmanuel Macron

Ku wa Gatatu tariki 14 Ukuboza, ni bwo ikipe y’igihugu y’u Bufaransa yakatishije itike yo kuzakina umukino wa nyuma w’igikombe cy’Isi nyuma yo gusezerera Maroc muri ½ iyitsinze ibitego 2-0.

Nyuma y’uyu mukino, Perezida Emmanuel Macron yinjiye mu rwambariro rwa Maroc abwira Sofyan Amrabat ko yagakwiye kuba umukinnyi w’irushanwa mu bakina hagati mu kibuga.

Umunyamakuru uzwiho gutangaza inkuru z’abakinnyi bahinduye amakipe ku mugabane w’i Burayi mu ba mbere, Fabrizio Romano yavuze ko uyu mukinnyi yishimiwe cyane na Perezida Emmanuel Macron.

Umwe mu bakinnyie ba Les Bleus, Antoine Griezmann wanahembwe nk’umukinnyi witwaye neza kuri uyu mukino, yavuze ko Abanya-Maroc bamushimije kandi bitwaye neza ahubwo gutsindwa ari iby’umupira w’amaguru.

Intsinzi y’u Bufaransa, yatumye umutoza mukuru w’iyi kipe y’igihugu, Didier Deschamps ahita agira ijambo nyamara amasezerano ye agiye kurangira ariko amakuru ava mu Bufaransa avuga ko azongererwa andi.

U Bufaransa bwasanze Argentine ku mukino wa nyuma uzaba ku Cyumweru tariki 18 Ukuboza, mu gihe ku wa Gatandatu hazaba habaye umukino wo guhatanira umwanya wa Gatatu uzahuza Croiatie na Maroc.

Perezida Emmanuel Macron ahamya ko Amrabat yakabaaye umukinnyi mwiza mu bakina hagati

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
Imikino

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?