BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 7, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Nyaruguru: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba asaga miliyoni 6 Frw

Nyaruguru: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba asaga miliyoni 6 Frw

admin
Last updated: January 27, 2026 9:43 am
admin
Share
SHARE

Polisi ikorera mu Karere ka Nyaruguru yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwiba umuturage asaga miliyoni 6 Frw, nyuma yo gucukura inzu ye.

Aba bagabo bafatiwe mu Kagari ka Runyombyi, Umurenge wa Busanze, mu Karere Nyaruguru, mu ijoro ryo ku wa 25 rishyira ku wa 26 Mutarama 2026, nyuma yo gukekwaho icyaha cy’ubujura bakoze mu ijoro ryo ku wa 24 Mutarama.

Amakuru avuga bagiye kwiba mu rugo rw’umuturage uhagarariye amabanki atandukanye (agent), bacukura inzu batwara arenga miliyoni 6 Frw.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Kamanzi Hassan, yabwiye IGIHE ko abafashwe basanganywe agera kuri 4.630.000 Frw.

Ati ‘‘Ubu bose bafungiye kuri Polisi, Sitasiyo ya Kibeho, Ubugenzacyaha bwatangiye iperereza.’’

CIP Kamanzi yakomeje asaba abaturage kwirinda kubika amafaranga mu ngo, ahubwo ko bagana ibigo by’imari bikababikira ndetse bagakomeza kwitabira gukoresha ikoranabuhanga, kuko ari ho umutekano w’amafaranga yabo wabungabungwa neza kurushaho.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se

Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yambitse umudali w’ishimwe umuhungu we akaba n’Umugaba Mukuru…

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

Nizzo Kaboss wamamaye muri Urban Boys yongeye kugaruka mu majwi y’abakunzi b’imyidagaduro,…

Ukekwaho kwica umuntu i Muhanga yafatiwe i Rubavu arimo gutoroka

Mu Karere ka Rubavu hafatiwe umugabo w’imyaka 40 witwa Ernest, ukekwaho kwicira…

Perezida Kagame yanenze abashinja u Rwanda gukorana na M23.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze abashinja u Rwanda kuvugurura imyitwarire yarwo…

Taiwan yabaye ikibazo gikomeye mu biganiro bya Xi na Trump

Perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping, yagiranye ikiganiro kuri telefone na Perezida wa Leta…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

Dj Toxxyk yaje kuburana ubujurire abwira Urukiko impamvu yifuza gufungurwa by’agateganyo

2 Min Read
Ubutabera

Mugisha ukekwaho kwica agonze mugenzi we, dosiye ye yoherejwe mu bushinjacyaha

2 Min Read
Ubutabera

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

2 Min Read
Ubutabera

Yaryamanaga n’amasugi afite amabere ashinze:Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin yaregewe Urukiko

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?