BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Ubutabera > Ngoma: RIB yataye muri yombi umwarimu ukekwaho gusambanya umwana

Ngoma: RIB yataye muri yombi umwarimu ukekwaho gusambanya umwana

admin
Last updated: December 17, 2025 1:26 pm
admin
Share
SHARE

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umwarimu wo mu ishuri ryisumbuye ry’imyuga (TSS Mutenderi) mu Karere ka Ngoma, akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri.

Uyu mwarimu yafashwe tariki ya 15 Ukuboza 2025 nyuma y’uko hamenyekanye amakuru ko uyu mwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa kabiri mu Rwunge rw’amashuri yisumbuye rwa Matongo (GS Matongo), yagiye kuri uyu mwarimu bagatindana.

Amakuru avuga ko uyu mwarimu yari yasabye uyu mwana w’umukobwa ko yajya kumusura.

Ukekwaho icyaha afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kibungo, iperereza na ryo rikaba rikomeje mu gihe dosiye iri gutunganywa ngo ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange mu ngingo ya 14, riteganya ko umuntu mukuru usambanya umwana, iyo abihamijwe n’urukiko, ahanishwa igifungo kitari munsi y’imyaka 20, ariko kitarenze imyaka 25.

RIB yongeye kwibutsa abantu ko icyaha cyo gusambanya umwana kidasaza, kandi abakora umwuga wo kurera bawukora neza kuko barerera igihugu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Ubutabera

RCS yashyizeho umutwe w’abakomando kabuhariwe mu guhosha imyigaragambyo

4 Min Read
Ubutabera

Nyanza: Nyuma yo kumara imyaka 23 yihishe mu mwobo, yakatiwe igifungo cy’imyaka 15

2 Min Read
Ubutabera

Dore ibihano biteganywa ku buri cyaha muri bine biregwa DJ Toxxyk wagonze Umupolisi agapfa

2 Min Read
Ubutabera

Urukiko rwemeje ko Djihad n’abo bareganwa bakomeza gufungwa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?