BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Aug 9, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Nestor Ntahontuye, yarahiriye kuyobora Guverinoma nshya nka Minisitiri w’Intebe mu Burundi.

Nestor Ntahontuye, yarahiriye kuyobora Guverinoma nshya nka Minisitiri w’Intebe mu Burundi.

sam
Last updated: August 6, 2025 9:47 am
sam
Share
SHARE

Kuri uyu wa 6 Kanama 2025 Nestor Ntahontuye yarahiriye inshingano nshya yahawe zo kuba minisitiri w’intebe mu Burundi asimbuye Lt Gen (Rtd) Gervais Ndirakobuca.

Ni nyuma y’impinduka muri Guverinoma zakozwe na Perezida Evariste Ndayishimiye kuri uyu wa 5 Kanama 2025 .

Ntahontuye yagizwe Minisitiri w’Intebe nyuma y’amezi umunani agizwe Minisitiri w’Imari, Ingengo y’Imari ndetse n’Igenamigambi.

Inshingano nshya Ntahontuye yahawe zemejwe bidasubirwaho na Sena y’u Burundi ku wa 5 Kanama, nyuma yo gutora biro yayo iyobowe na Ndirakobuca.

Yakoze imirimo y’igenamigambi ndetse n’ubushakashatsi mu miryango irimo Care International, Oxfam na Global Fund mu Burundi no ku rwego rw’akarere.

Ntahontuye afite impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu mu bijyanye n’ibarurishamibare, yakuye muri Kaminuza y’u Burundi.

Ubwo yagirwaga Minisitiri w’Imari mu Ukuboza 2024, yari asanzwe ari Perezida wa Komite y’umutwe w’abadepite ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo w’igihugu, imari, ibikorwa by’ubukungu n’igenamigambi.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Besigye cyo gufungurwa by’agateganyo

Umucamanza wo muri Uganda yateye utwatsi icyifuzo cya Dr. Kiiza Besigye cyo…

APR Fc yongeye gutombora Pyramide Fc muri CAF Champions League

APR FC yongeye gutombora Pyramids FC yo mu Misiri mu ijonjora ry'ibanze…

Museveni yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru aba Jenerali barindwi avuga ko abapfunyikiye impamba y’agatubutse

Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yayoboye umuhango wo gusezera ku ba…

Perezida Zelensky yamaganye gahunda yo guhura kwa Trump na Putin bahanganye

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yamaganye ibiganiro by’imbonankubone bizahuza Donald Trump na…

Kigali: Abantu 10 batawe muri yombi bakekwaho ibirimo gutobora inzu z’abaturage bakiba

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, iratangaza ko yafashe abantu 10 mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

DRC: Perezida Tshisekedi yakoze impinduka mu buyobozi bukuru bw’Urwego rushinzwe Iperereza

1 Min Read
Mu mahanga

Gaza: Loni yongeye gutanga umuburo ku nzara iri guca ibintu

2 Min Read
Mu mahanga

Ubwato bwarimo abimukira barenga 150 bwarohamye benshi barapfa abandi baburirwa irengero

1 Min Read
Mu mahanga

Perezida wa Kenya n’uwo yasimbuye bigeze kugirana umubano urimo igitotsi bagaragaye batemberana bishimye

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?