BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Nduwimana Jean Paul ‘Noopja’ ahagarariye Trace East Africa

Nduwimana Jean Paul ‘Noopja’ ahagarariye Trace East Africa

admin
Last updated: January 12, 2023 9:21 am
admin
Share
SHARE

Nduwimana Jean Paul wamenyekanye ku izina rya Noopja mu muziki akaba n’umuyobozi wa Studio ikora umuziki ya Country Records yatangaje ko agiye kuba uhagarariye televiziyo ya Trace East Africa mu Rwanda.

Noopja ahagarariye Trace East Africa mu Rwanda

Noopja yamenyekanye mu myidagaduro yo mu Rwanda ubwo yakoraga indirimbo yitwa ‘Urabeho ndagiye’ yavugaga ku musore wanduye Sida ari gusezera ku nshuti ze kubera ubwo burwayi.

Nyuma yaje gusubika umuziki ariko aguma kugaragara mu bikorwa by’imyidagaduro ubwo yashingaga Studio ya Country Records ubu iri mu zikunzwe cyane mu Rwanda kubera aba Producers bahanyuze barimo, Iyzo, Neaz Beat na Element uriyo ubu.

Uretse Studio yaje gushinga na Radio yitwa Country Fm ikorera mu karere ka Rusizi aho avuka.

Abinyujije ku rubuga rwa Twitter yatangaje ko yagizwe ambasaderi wa Televiziyo ikomeye ya Trace ariko mu ishami rya  Afurika y’Iburasiraziba.

Ati “Amakuru meza! Kuva taliki ya 10 Mutarama 2023, mpagarariye Trace East Africa mu Rwanda, andi makuru menshi kuri ibi nzayabamenyesha vuba.”

Noopja afite igitangazamakuru na Studio bya Country

Good news:

Since 10th January 2023, I am the official agent of @TraceEastAfrica in Rwanda.

More information about this to be announced soon ❤️#LetsBuild 🇷🇼 pic.twitter.com/iGYFSyjUpl

— AFROGAKO (@afrogako) January 11, 2023

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

1 Min Read
Imyidagaduro

Ciara yahawe ubwenegihugu bwa Bénin

2 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu wari ukurikiranyweho gufungirana abakobwa mu nzu yarekuwe

1 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana inkumi ebyiri

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?