BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Nduwimana Jean Paul ‘Noopja’ ahagarariye Trace East Africa

Nduwimana Jean Paul ‘Noopja’ ahagarariye Trace East Africa

admin
Last updated: January 12, 2023 9:21 am
admin
Share
SHARE

Nduwimana Jean Paul wamenyekanye ku izina rya Noopja mu muziki akaba n’umuyobozi wa Studio ikora umuziki ya Country Records yatangaje ko agiye kuba uhagarariye televiziyo ya Trace East Africa mu Rwanda.

Noopja ahagarariye Trace East Africa mu Rwanda

Noopja yamenyekanye mu myidagaduro yo mu Rwanda ubwo yakoraga indirimbo yitwa ‘Urabeho ndagiye’ yavugaga ku musore wanduye Sida ari gusezera ku nshuti ze kubera ubwo burwayi.

Nyuma yaje gusubika umuziki ariko aguma kugaragara mu bikorwa by’imyidagaduro ubwo yashingaga Studio ya Country Records ubu iri mu zikunzwe cyane mu Rwanda kubera aba Producers bahanyuze barimo, Iyzo, Neaz Beat na Element uriyo ubu.

Uretse Studio yaje gushinga na Radio yitwa Country Fm ikorera mu karere ka Rusizi aho avuka.

Abinyujije ku rubuga rwa Twitter yatangaje ko yagizwe ambasaderi wa Televiziyo ikomeye ya Trace ariko mu ishami rya  Afurika y’Iburasiraziba.

Ati “Amakuru meza! Kuva taliki ya 10 Mutarama 2023, mpagarariye Trace East Africa mu Rwanda, andi makuru menshi kuri ibi nzayabamenyesha vuba.”

Noopja afite igitangazamakuru na Studio bya Country

Good news:

Since 10th January 2023, I am the official agent of @TraceEastAfrica in Rwanda.

More information about this to be announced soon ❤️#LetsBuild 🇷🇼 pic.twitter.com/iGYFSyjUpl

— AFROGAKO (@afrogako) January 11, 2023

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100

2 Min Read
Imyidagaduro

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse ubuheta

1 Min Read
Imyidagaduro

Rufonsina aritegura kwibaruka ubuheta

1 Min Read
Imyidagaduro

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?