BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Musanze FC yatandukanye n’umutoza Maso

Musanze FC yatandukanye n’umutoza Maso

admin
Last updated: December 13, 2022 10:40 am
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza wungirije mu ikipe ya Musanze FC, Nshimiyimana Maurice uzwi nka Maso, yamaze gutandukana n’iyi kipe.

Nshimiyimana Maurice ntakiri umutoza wungirije muri Musanze FC

Ntabwo ari iminsi myinshi yari ishize uyu mutoza akubutse mu mahugurwa yo gushaka Licence B CAF mu gihugu cya Uganda.

Nyuma yo gutsindwa umukino wa Gasogi United igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona, Nshimiyimana Maurice yahise atandukana n’iyi kipe yo mu Majyaruguru.

Maso mu kiganiro yagiranye na UMUSEKE, yemeye ko yatandukanye na Musanze FC biciye mu bwumvikena kuko yari agifite amasezerano y’amezi atandatu.

Ati “Yego twatandukanye kabisa. Twaseshe amasezerano kuko nari ngifite amezi atandatu. Ubu ndi mu rugo i Kigali. Ibizakurikiraho nzabitangaza mu minsi iri imbere.”

Ubwo bisobanuye ko ikipe irasigarana n’abatoza bungirije barimo Nyandwi n’umutoza w’abanyezamu, Gilbert n’ushinzwe ubuzima bw’ikipe bwa buri munsi, Imurora Japhet uzwi nka Drogba.

Maso yaciye mu makipe arimo Police FC, Gasogi United na Bugesera FC.

Musanze FC ubu nta mutoza mukuru ifite kuko Frank Ouna yagiye kwivuza muri Kenya

UMUSEKE.RW

AMAFOTO:Rwandamagazine

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • rukabu says:
    December 13, 2022 at 10:42 pm

    AMA TEAM YU TURERE YANGIZA UMUTUNGO WA BATURAGE GUSSA UMUTOZA YARAVUYE KWIGA WU MUNYARWANDA NONE BARAMUSEZEREYE BARASHAKA KUZANA UMUNYAMAHANGA BARYAHO INJAWULO NI BIBAZO GUSSA.MUSANZE IHORAMO UTUVUYO TUDASHIRA TWA GAKONDO.MURAKOZE

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?