BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Musanze FC yatandukanye n’umutoza Maso

Musanze FC yatandukanye n’umutoza Maso

admin
Last updated: December 13, 2022 10:40 am
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza wungirije mu ikipe ya Musanze FC, Nshimiyimana Maurice uzwi nka Maso, yamaze gutandukana n’iyi kipe.

Nshimiyimana Maurice ntakiri umutoza wungirije muri Musanze FC

Ntabwo ari iminsi myinshi yari ishize uyu mutoza akubutse mu mahugurwa yo gushaka Licence B CAF mu gihugu cya Uganda.

Nyuma yo gutsindwa umukino wa Gasogi United igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona, Nshimiyimana Maurice yahise atandukana n’iyi kipe yo mu Majyaruguru.

Maso mu kiganiro yagiranye na UMUSEKE, yemeye ko yatandukanye na Musanze FC biciye mu bwumvikena kuko yari agifite amasezerano y’amezi atandatu.

Ati “Yego twatandukanye kabisa. Twaseshe amasezerano kuko nari ngifite amezi atandatu. Ubu ndi mu rugo i Kigali. Ibizakurikiraho nzabitangaza mu minsi iri imbere.”

Ubwo bisobanuye ko ikipe irasigarana n’abatoza bungirije barimo Nyandwi n’umutoza w’abanyezamu, Gilbert n’ushinzwe ubuzima bw’ikipe bwa buri munsi, Imurora Japhet uzwi nka Drogba.

Maso yaciye mu makipe arimo Police FC, Gasogi United na Bugesera FC.

Musanze FC ubu nta mutoza mukuru ifite kuko Frank Ouna yagiye kwivuza muri Kenya

UMUSEKE.RW

AMAFOTO:Rwandamagazine

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • rukabu says:
    December 13, 2022 at 10:42 pm

    AMA TEAM YU TURERE YANGIZA UMUTUNGO WA BATURAGE GUSSA UMUTOZA YARAVUYE KWIGA WU MUNYARWANDA NONE BARAMUSEZEREYE BARASHAKA KUZANA UMUNYAMAHANGA BARYAHO INJAWULO NI BIBAZO GUSSA.MUSANZE IHORAMO UTUVUYO TUDASHIRA TWA GAKONDO.MURAKOZE

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?