BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Musanze FC yatandukanye n’umutoza Maso

Musanze FC yatandukanye n’umutoza Maso

admin
Last updated: December 13, 2022 10:40 am
admin
Share
SHARE

Uwari umutoza wungirije mu ikipe ya Musanze FC, Nshimiyimana Maurice uzwi nka Maso, yamaze gutandukana n’iyi kipe.

Nshimiyimana Maurice ntakiri umutoza wungirije muri Musanze FC

Ntabwo ari iminsi myinshi yari ishize uyu mutoza akubutse mu mahugurwa yo gushaka Licence B CAF mu gihugu cya Uganda.

Nyuma yo gutsindwa umukino wa Gasogi United igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona, Nshimiyimana Maurice yahise atandukana n’iyi kipe yo mu Majyaruguru.

Maso mu kiganiro yagiranye na UMUSEKE, yemeye ko yatandukanye na Musanze FC biciye mu bwumvikena kuko yari agifite amasezerano y’amezi atandatu.

Ati “Yego twatandukanye kabisa. Twaseshe amasezerano kuko nari ngifite amezi atandatu. Ubu ndi mu rugo i Kigali. Ibizakurikiraho nzabitangaza mu minsi iri imbere.”

Ubwo bisobanuye ko ikipe irasigarana n’abatoza bungirije barimo Nyandwi n’umutoza w’abanyezamu, Gilbert n’ushinzwe ubuzima bw’ikipe bwa buri munsi, Imurora Japhet uzwi nka Drogba.

Maso yaciye mu makipe arimo Police FC, Gasogi United na Bugesera FC.

Musanze FC ubu nta mutoza mukuru ifite kuko Frank Ouna yagiye kwivuza muri Kenya

UMUSEKE.RW

AMAFOTO:Rwandamagazine

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • rukabu says:
    December 13, 2022 at 10:42 pm

    AMA TEAM YU TURERE YANGIZA UMUTUNGO WA BATURAGE GUSSA UMUTOZA YARAVUYE KWIGA WU MUNYARWANDA NONE BARAMUSEZEREYE BARASHAKA KUZANA UMUNYAMAHANGA BARYAHO INJAWULO NI BIBAZO GUSSA.MUSANZE IHORAMO UTUVUYO TUDASHIRA TWA GAKONDO.MURAKOZE

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?