BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Muhanga: Abaturiye Irimbi rya Munyinya ntibatekanye

Muhanga: Abaturiye Irimbi rya Munyinya ntibatekanye

admin
Last updated: January 5, 2023 5:50 pm
admin
Share
SHARE
Bamwe mu baturage baturiye irimbi rya Munyinya riherereye mu Murenge wa Shyogwe, mu Karere ka Muhanga, bahangayikishijwe n’uko ryatangiye kwangirika, bityo bitera agahinda ku miryango ifite ababo bahashyinguye.
Imva zatangiye kwangirika n’izashyinguwemo mu mywaka ya 2019, 2017,2018.

Umwe yagize ati” Ni ikintu kiba kibabaje cyane. Inama twatanga ni uko ufite ubushobozi, yagenda akimura umuntu we, akamushyira ahandi.Aho amazi agenda amanukira, niho hagenda hatera ikibazo.”

Aba baturage bahamya ko bishobora gutera ubwoba n’agahinda ku muntu ufite uwe.

Umwe ati” Umuntu ahagera yarahashyinguye,yasanga imva yaraguyemo akarushaho kugira ihungabana rikomeye. Niyo mpamvu ziteye ubwoba, bashake uko bazitunganya rwose.”

Undi ati” Natwe tuhahagarara usanga biteye ikibazo, buri wese uhageze ugasanga afite ubwoba. Nonese usanze imva yararidutse ntabwo wagira ubwoba.”

Aba baturage barasaba inzego z’ibanze kubafasha, niba hakorwaga umuganda ariko zigatunganywa neza.

Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Shyogwe,Niyonzima Gustave, yatangaje ko gutunganya izo mva biri mu nshingano za rwiyemezamirimo watsindiye kuhacunga.

Yagize ati” Hari rwiyemezamirimo waritsindiye, niwe ufite amakuru ahagije”.

Kugeza ubu imva zirenga 10 nizo zifite ikibazo, aho amazi amanuka mu muhanda ajyamo, zikarushaho kwangirika.

IVOMO: RADIO/TV1

TUYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Irihose Peter says:
    January 7, 2023 at 4:57 pm

    ngo bawunjyanye kwa muganga ngukorerwa isuzumwa hhhhhh kd bamuzanze mumugozi amanitse ubwose ibyo twabyita iki njye mbifata nkubushinyanguzi wenda woe sinzi uko ubifata twaratewe ntitwabimenya banyarwanda

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?