BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo

Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo

admin
Last updated: July 24, 2022 8:20 am
admin
Share
SHARE

Muri Gashyantare uyu mwaka, nibwo aba bombi basezeranye imbere y’Imana mu idini ya Islam mu muhango wabereye muri Zambia ari naho batuye.

Mirafa na Rosalyn Dos-santos basezeranye imbere y’Imana mu idini ya Islam

Nyuma yo kwemeranya kubana nk’umugore n’umugabo biciye mu gusezerana imbere y’Imana [Nikkah], icyari gikurikiyeho ni ukubyereka abavandimwe n’inshuti.

Nk’uko bigaragara mu butumire Mirafa yashyize hanze, ubukwe bwe ba Rosalyn Dos-santos buri tariki 3 Nzeri uyu mwaka bukazabera muri Zambia aho aba bombi batuye.

Uyu mukinnyi ugiye kumara imyaka ine muri Zambia, ubu nta kipe afite nyuma yo gusoza amasezerano muri Kabwe Warriors, ndetse aherutse kuvuga ko aho yabona akazi hose yahakina n’iyo byaba kugaruka mu Rwanda.

Umugore wa Nizeyimana Mirafa afite uburanga bwamukuruye
Ubutumire bw’ubukwe bwa Mirafa na Rosalyn Dos-santos
Muri Werurwe baherekejwe n’inshuti n’abavandimwe ubwo bajyaga gufunga Nikkah
Rosalyn Dos-santos ni umunya-Portugal wibehebeye Mirafa

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Pingback: Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo - Hano News
  • gahigi says:
    July 24, 2022 at 11:30 am

    MIRAFA afite undi mukobwa witwa Nema babyaranye abana 2 uba ku Gisenyi.Bamaranye imyaka irenga 5 babana nk’umugore n’umugabo.Nubwo byitwa ngo “yasezeranye imbere y’imana”,ntabwo Imana ikunda abahemu.Ikindi kandi,nkuko bible ivuga,ntabwo Imana iba mu nzu zubatswe n’abantu.Zaba Kiliziya cyangwa Imisigiti.Guhemukira umuntu mwabyaranye ukamuta waramwangije akiri inkumi,ni ubugome bukabije.Ubusambanyi buzabuza abantu millions na millions kubona ubuzima bw’iteka muli paradizo.

    Reply

Leave a Reply to gahigi Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

2 Min Read
Imikino

AS Kigali yungutse umutoza mushya

1 Min Read
Imikino

Yanga SC yitegura Rayon Sports yabonye umutoza mushya

2 Min Read
Imikino

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?