BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Minisitiri yahumurije ababuze udukingirizo

Minisitiri yahumurije ababuze udukingirizo

admin
Last updated: January 4, 2023 6:18 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’ubuzima ya Kenya yahumurije abaturage bamaze iminsi bijujitira ibura ry’udukingirizo mu gihugu, ibizeza ko duhari kandi duhagije.

Minisitiri yijeje ko udukingirizo tugiye kuboneka ku bwinshi

Ni nyuma y’ibyumweru bivugwa ko muri Kenya habuze udukingirizo bigateza intugunda aho dusanzwe tugurirwa.

Kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Ubuzima Susan Nakhumicha yavuze ko biteguye gukwirakwiza udukingirizo tungana na miliyoni 38.

Yongeyeho ko utu dukingirizo tuzagezwa hirya no hino mu gihugu by’umwihariko mu Turere byagaragaye ko twabayemo iyanga.

Yagize ati “Turi gukora uko dushoboye kugira ngo kugemura udukingirizo bifate igihe gito.”

Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya bashinja Guverinoma gutinza gukwirakwiza udukingirizo ku buryo bishyira ubuzima bw’abantu mu kaga.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

Leta y’u Bushinwa igiye kujya iha ababyeyi 500 $ ku mwana mu rwego rwo kuzamura imbyaro

Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga…

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko itigeze ihagarika amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira…

RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko…

Inyeshyamba za AFC / M23 zikomeje kwigarurira aduce muri teritwari ya Masisi, mu majyaruguru ya Kivu.

Abarwanyi b'umutwe wa M23 bigaruriye uduce dukomeye twa Ngululu na Ndete, muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?