BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Minisitiri yahumurije ababuze udukingirizo

Minisitiri yahumurije ababuze udukingirizo

admin
Last updated: January 4, 2023 6:18 pm
admin
Share
SHARE

Minisiteri y’ubuzima ya Kenya yahumurije abaturage bamaze iminsi bijujitira ibura ry’udukingirizo mu gihugu, ibizeza ko duhari kandi duhagije.

Minisitiri yijeje ko udukingirizo tugiye kuboneka ku bwinshi

Ni nyuma y’ibyumweru bivugwa ko muri Kenya habuze udukingirizo bigateza intugunda aho dusanzwe tugurirwa.

Kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’Ubuzima Susan Nakhumicha yavuze ko biteguye gukwirakwiza udukingirizo tungana na miliyoni 38.

Yongeyeho ko utu dukingirizo tuzagezwa hirya no hino mu gihugu by’umwihariko mu Turere byagaragaye ko twabayemo iyanga.

Yagize ati “Turi gukora uko dushoboye kugira ngo kugemura udukingirizo bifate igihe gito.”

Abaharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya bashinja Guverinoma gutinza gukwirakwiza udukingirizo ku buryo bishyira ubuzima bw’abantu mu kaga.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
Politike

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

3 Min Read
Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?