BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Feb 20, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho yahakanye ibya ‘Monetisation’

Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho yahakanye ibya ‘Monetisation’

admin
Last updated: February 20, 2026 7:38 pm
admin
Share
SHARE

Babinyujije kuri X Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho na Inovasiyo yanditse iti”Amakuru y’ibihuha”.

Ku wa 20 Gashyantare 2026 Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho na Inovasiyo yanyujije ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga amakuru anyomoza ibihuha bimaze iminsi bicaracara ko u Rwanda rwageze ku rutonde rw’ibihugu byemerewe na TikTok kwinjiza amafaranga ‘Monetisation ‘.

Babinyujije kuri X Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho na Inovasiyo yanditse iti”Amakuru y’ibihuha”.

Ibi bije nyuma y’aho mu nama y’igihugu y’Umushyikirano ikibazo cy’imbuga nkoranyambaga zitinjiriza abanyarwanda bazikoresha. Icyo gihe Perezida Kagame yasabye minisiteri ibishinzwe kwita kuri icyo kibazo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Minisiteri y’ikoranabuhanga n’Itumanaho yahakanye ibya ‘Monetisation’

Babinyujije kuri X Minisiteri y'ikoranabuhanga n'Itumanaho na Inovasiyo yanditse iti"Amakuru y'ibihuha". Ku…

Bobi Wine yasabwe kureka imikino y’injangwe n’imbeba

Perezida w’ihuriro ry’amashyaka riharanira Impinduka za Demokarasi (Forum for Democratic Change), Patrick…

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko rigiye kurekura abasirikare 230 ba Repubulika Iharanira Demokarasi…

AFC/M23 yamaganye gucece kw’amahanga arebere ubwicanyi bukorerwa abasivile

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye guceceka…

Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC mutekano wo mu karere ndetse n’ubufatanye.

Yasabye ko amasezerano y’amahoro u Rwanda na RDC byasinyiye i Washington muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kigali : Polisi yiyemeje gufata abacuruza ibiyobyabwenge bakomeje kwiyongera mu Gitega

1 Min Read
Mu Rwanda

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

2 Min Read
Mu Rwanda

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

4 Min Read
Mu Rwanda

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?