BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, May 27, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Menya abazafasha APR FC mu rugamba rutayoroheye muri Tunisia 

Menya abazafasha APR FC mu rugamba rutayoroheye muri Tunisia 

admin
Last updated: September 14, 2022 8:55 am
admin
Share
SHARE

Ikipe ya APR FC yerekeje muri Tunisia aho izakina umukino wo kwishyura na US Monastir yaho, urugamba rutoroshye ku ikipe y’ingabo z’igihugu yitwaje impamba y’igitego kimwe. 

MOHAMMED ADIL ERRADI umutoza wa APR FC afite akazi katoroshye ko guhigika Us Monastir

Urubuga rwa APR FC rutangaza ko abakinnyi b’ikipe y’ingabo z’igihugu berekeje muri Tunisia ku wa Kabiri, ku Cyumweru tariki 18 Nzeri, 2022 bakazakina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League na US Monastir.

Indege yatwaye APR FC yabanje kunyura muri Kenya, nyuma ice muri Qatar ihave ijya muri Tunisia.

APR FC yahagurukanye abantu 41 barimo abakinnyi 25, abashinzwe tekiniki 11, komite ya APR FC y’abantu batatu, n’abanyamakuru babiri.

Abakinnyi ni: TUYIZERE J. Luc, ISHIMWE J. Pierre, MUTABARUKA Alexendre, OMBOLENGA Fitina, NIYOMUGABO Claude, NDAYISHIMIYE Dieudonne, ISHIMWE Fiston, RWABUHIHI Aime Placide, NIYIGENA Clement, ISHIMWE Christian, BUREGEYA Prince, MUGISHA Bonheur, NDIKUMANA, RUBONEKA Bosco, MANISHIMWE Djabel, NIYIBIZI Ramadhan, BYIRINGIRO Gilbert, ITANGISHAKA Blaise, NSHIMIYIMANA Yunusu, MUGISHA Gilbert, KWITONDA Allain, MBONYUMWAMI Taib, MUGUNGA Yves, NSHUTI Innocent, na BIZIMANA Yannick.

Abatoza ni: MOHAMMED ADIL ERRADI, Benmoussa Abdesattar, Pablo Sebastien Morchon, na MUGABO Alex

Umukino ubanza wabereye i Huye, APR FC yagerageje gukina neza igice cya mbere ndetse ibona igitego cyatsinzwe na MUGUNGA Yves, ariko mu gice cya kabiri yagaragaje intege nke imbere ya Us Monastir izakina umukino wo kwishyura ifite umurindi w’abafana bayo.

Mbere yo kujya muri Tunisia, Gen James Kabrebe yabanje kuganiriza abakinnyi ba APR FC bari mu mwiherero

IVOMO: APR FC Website

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Karinganire says:
    September 14, 2022 at 10:36 am

    Bakwiriye kujya baha ikipe isohokeye igihugu indege yihariye ( private jet). Abakinnyo bagerayo barushye

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kenya: Abanyeshuri batwitse inzu bararagamo kubera ko bimwe uruhushya rwo kureba Match

Muri Kenya, abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Mbale High School, batwitse…

Perezida Kagame ategerejwe mu ruzinduko muri Kazakhstan

Perezida Paul Kagame ategerejwe mu ruzinduko muri Kazakhstan ku itariki ya 28–29…

Leta igiye kwegereza abaturage uburyo bwo gushaka ibimenyetso bikoreshwa mu butabera

Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera…

Afurika y’Epfo yahakanye amakuru y’uko u Rwanda ruzambura abasirikare bayo intwaro bwite

Igisirikare cya Afurika y’Epfo cyahakanye amakuru avuga ko abasirikare bacyo bazava mu…

Abanya-Palestina bagera kuri 24 bapfiriye mu bitero bya Israeli

Nk’uko bivugwa n’abaganga hamwe n’abayobozi ba Civil Defence, nibura Abanya-Palestina 24 bapfiriye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uruzinduko rwa perezida Evariste Ndayishimiye I Kinshasa ruhatse iki?

2 Min Read
Politike

Joseph Kabila yanenze ubutegetsi bwa Tshisekedi nyuma yo kumwambura ubudahangarwa

2 Min Read
Imikino

FERWAFA mu nzira yo gufata umwanzuro ku mukino wa Bugesera na Rayon hashingiwe kuri raporo ya Komiseri

2 Min Read
Politike

Amb. Uwihanganye yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Brunei

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?