BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Menya abazafasha APR FC mu rugamba rutayoroheye muri Tunisia 

Menya abazafasha APR FC mu rugamba rutayoroheye muri Tunisia 

admin
Last updated: September 14, 2022 8:55 am
admin
Share
SHARE

Ikipe ya APR FC yerekeje muri Tunisia aho izakina umukino wo kwishyura na US Monastir yaho, urugamba rutoroshye ku ikipe y’ingabo z’igihugu yitwaje impamba y’igitego kimwe. 

MOHAMMED ADIL ERRADI umutoza wa APR FC afite akazi katoroshye ko guhigika Us Monastir

Urubuga rwa APR FC rutangaza ko abakinnyi b’ikipe y’ingabo z’igihugu berekeje muri Tunisia ku wa Kabiri, ku Cyumweru tariki 18 Nzeri, 2022 bakazakina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League na US Monastir.

Indege yatwaye APR FC yabanje kunyura muri Kenya, nyuma ice muri Qatar ihave ijya muri Tunisia.

APR FC yahagurukanye abantu 41 barimo abakinnyi 25, abashinzwe tekiniki 11, komite ya APR FC y’abantu batatu, n’abanyamakuru babiri.

Abakinnyi ni: TUYIZERE J. Luc, ISHIMWE J. Pierre, MUTABARUKA Alexendre, OMBOLENGA Fitina, NIYOMUGABO Claude, NDAYISHIMIYE Dieudonne, ISHIMWE Fiston, RWABUHIHI Aime Placide, NIYIGENA Clement, ISHIMWE Christian, BUREGEYA Prince, MUGISHA Bonheur, NDIKUMANA, RUBONEKA Bosco, MANISHIMWE Djabel, NIYIBIZI Ramadhan, BYIRINGIRO Gilbert, ITANGISHAKA Blaise, NSHIMIYIMANA Yunusu, MUGISHA Gilbert, KWITONDA Allain, MBONYUMWAMI Taib, MUGUNGA Yves, NSHUTI Innocent, na BIZIMANA Yannick.

Abatoza ni: MOHAMMED ADIL ERRADI, Benmoussa Abdesattar, Pablo Sebastien Morchon, na MUGABO Alex

Umukino ubanza wabereye i Huye, APR FC yagerageje gukina neza igice cya mbere ndetse ibona igitego cyatsinzwe na MUGUNGA Yves, ariko mu gice cya kabiri yagaragaje intege nke imbere ya Us Monastir izakina umukino wo kwishyura ifite umurindi w’abafana bayo.

Mbere yo kujya muri Tunisia, Gen James Kabrebe yabanje kuganiriza abakinnyi ba APR FC bari mu mwiherero

IVOMO: APR FC Website

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Karinganire says:
    September 14, 2022 at 10:36 am

    Bakwiriye kujya baha ikipe isohokeye igihugu indege yihariye ( private jet). Abakinnyo bagerayo barushye

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Politike

Amb Col (Rtd) Ndamage yashyikirije Umwami wa Eswatini impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri iki gihugu.

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?