BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Umutekano > Masisi: AFC/M23 yafashe imidugudu 3 nyuma y’imirwano ikomeye

Masisi: AFC/M23 yafashe imidugudu 3 nyuma y’imirwano ikomeye

admin
Last updated: December 17, 2025 7:38 pm
admin
Share
SHARE

Nibura imidugudu itatu yongeye gufatwa n’inyeshyamba za AFC/M23 nyuma y’imirwano ikomeye yazihanganishije n’imitwe yitwaje intwaro yibumbiye muri Wazalendo harimo izo mu mutwe wa ACNDH.

Imirwano yabereye muri Gurupoma ya Bashali Mokoto, Sheferi ya Bashali, Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu ijoro ryo ku wa Kabiri, itariki ya 16 Ukuboza 2025.

Ku rundi ruhande muri Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’amasaha mirongo ine n’umunani AFC / M23 itangaje ko yemeye kuva muri Uvira, nta ngabo za yo zigeze zigaragara zihava.

Ubuzima bwa buri munsi burakomeje nk’uko bisanzwe, ariko gushidikanya birakomeje nk’uko tubikesha Kivu Morning Post.

Uyu mutwe hari ibyo wasabye mbere yo kuva muri Uvira, wanga ko hasubira FARDC cyangwa Wazalendo, kandi ntiwasobanuye neza ingengabihe y’uko izahava cyangwa ibisobanuro birambuye.

Kohereza muri Uvira “ingabo zitabogamye”, kimwe mu byo uyu mutwe usaba, ntibisobanutse neza, kandi nta mishyikirano yo kubiganiraho na Kinshasa iratangira

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Umutekano

RDC: Amashuri 65 yo mu ntara ya Kwilu yafunze imiryango kubera umutekano muke

2 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yarashe Sukhoi-25 ya FARDC

2 Min Read
Umutekano

Wazalendo bateze igico abarwanyi ba AFC/M23 muri Pariki ya Virunga

1 Min Read
Umutekano

AFC/M23 yatangiye gukoresha abasirikare bo mu mazi ku rugamba

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?