BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 11, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > M23 yigambye ko yashwanyaguje igifaru cya FRDC

M23 yigambye ko yashwanyaguje igifaru cya FRDC

admin
Last updated: November 14, 2022 1:57 am
admin
Share
SHARE

Inyeshyamba za M23 zavuze ko zangije ikindi gifaru cy’ingabo za Leta ya Congo, FARDC kuri iki Cyumweru.

M23 ivuga ko imaze kwangiza ibifaru bitanu bya FARDC

Imirwano yabereye ahitwa Mabenga, n’ahitwa Mayi Yamoto ku muhanda wa Bwindi.

M23 ivuga ko icyo gifaru ari icya gatanu yangije kuva ingabo za Leta ya Congo zubuye imirwano igamije kwirukana M23.

Lawrence KANYUKA umuvugizi wa politiki w’uyu mutwe wa M23, yavuze ko imiryango itari iya Leta ikomeje guceceka mu gihe intambara ikomeza kwica abaturage b’abasivile.

Ati “Mu rwego rwo kwitabara no kurinda abaturage, tugiye gucecekesha intwaro aho zivugira…”

Imirwano yok u Cyumweru hagati ya M23 n’ingabo za Leta yabereye ahitwa Kanyamahoro hafi y’i Kibumba muri Km 20 gusa hafi y’Umujyi wa Goma.

Bamwe mu baturage bo muri Congo bafite ubwoba bw’imirwano, bahungiye mu Karere ka Rubavu.

Radio Ijwi rya Amerika ivuga ko inyeshyamba za M23 zafashe agace kitwa Kamuhanga, kari kuri Km 30 uvuye i Goma ku murwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru.

Kamuhanga  ni agace kari ku mupaka w’u Rwanda na Kongo, mu karere ka Nyiragongo, kafashwe nyuma y’imirwano ikaze yabaye mu gitondo cyo kuri iki cyumweru.

M23 yishe umusirikare mukuru wa Congo ifata n’ibifaru – AMAFOTO

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
6 Comments
  • Q says:
    November 14, 2022 at 8:40 am

    Nibihute vuba bafate na Goma,ariko
    baramenye ntibazongere kuhava.

    Reply
  • PITA TOC says:
    November 14, 2022 at 5:10 pm

    NIBIHUTE BAFATE GOMA TURABATEGEREJE.NIBAFATA BAzaba bakoze

    Reply
  • NSHIMIYIMANA FAUSTIN says:
    November 14, 2022 at 6:25 pm

    gosepe nibaze turabategereje nibasaba namusada tuzawutanga !!

    Reply
  • Brooklyn Sudano says:
    November 14, 2022 at 8:59 pm

    M23 nakunze ukuntu igira discipline. kwirirwa perezida gisekeni abeshya amahanga ko ashaka amahoro yarangiza agafatanya na ziriya njiji zinkoramaraso ngo ni FDLR byaduhishuriye ko bari kwibere. m23 tuyifurije amahirwe nifate hanini tujye tujya kwihahira dutuje kuko yo igira ikinyabupfura n’uburere nkuko abajyayo twabibonye.

    Reply
  • mukarugira emerance says:
    November 15, 2022 at 7:55 am

    UMVA M23 NIMUFATA GOMA RWOSE MUZATUBABARIRE NTIMUZAHAVE, MUZASHINGE IBIRINDIRO RWOSE KANDI NAWE TURABAKUNDA AHUBWO MUZATUBWIRE DUFUNGURE AMADUKA TUBAZIMANIRE KUKO MUZABA MUDUKUYE AHABI HIZI NJIJI NGO NABASODA BIGIHUGU.ABAJURA GUSA, ABASAHUZI, BAZI KURONGORA ABAGORE NABAKOBWA GUSA, ARIKO UBUNDI UMUSILIKARE YAJYA MURIBYO AGATSINDA URUGAMBA?REKA ABAFITE UBUSHAKE BARWANE KUKO BAFITE IBYO BARWANIRA.DISCIPRINE NIYO YAMBERE IRANGA INGABO.

    Reply
  • HASHIMWEYEZU JAQUES says:
    November 15, 2022 at 11:52 am

    M23 KURAJE KABISA.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

Ibiciro byazamutseho 9,2% muri Gashyantare

Muri Gashyantare 2026 ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025.…

Iran yabonye Umuyobozi w’Ikirenga mushya nyuma y’icyumweru America na Israel bishe uwari umazeho igihe

Iran yatangaje Umuyobozi w’Ikirenga wayo mushya, ari we Mojtaba Khamenei, akaba umuhungu…

Meteo Rwanda yateguje imvura ishobora guteza ibiza muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko muri Werurwe 2026 hateganyijwe imvura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Impunzi z’Abarundi zigera ku 100,000 ziri kwirukanwa mu gihugu cya Tanzania

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yohereje aba-comando bayo hafi ya Kisangani

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?