BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > M23 yigambye ko yashwanyaguje igifaru cya FRDC

M23 yigambye ko yashwanyaguje igifaru cya FRDC

admin
Last updated: November 14, 2022 1:57 am
admin
Share
SHARE

Inyeshyamba za M23 zavuze ko zangije ikindi gifaru cy’ingabo za Leta ya Congo, FARDC kuri iki Cyumweru.

M23 ivuga ko imaze kwangiza ibifaru bitanu bya FARDC

Imirwano yabereye ahitwa Mabenga, n’ahitwa Mayi Yamoto ku muhanda wa Bwindi.

M23 ivuga ko icyo gifaru ari icya gatanu yangije kuva ingabo za Leta ya Congo zubuye imirwano igamije kwirukana M23.

Lawrence KANYUKA umuvugizi wa politiki w’uyu mutwe wa M23, yavuze ko imiryango itari iya Leta ikomeje guceceka mu gihe intambara ikomeza kwica abaturage b’abasivile.

Ati “Mu rwego rwo kwitabara no kurinda abaturage, tugiye gucecekesha intwaro aho zivugira…”

Imirwano yok u Cyumweru hagati ya M23 n’ingabo za Leta yabereye ahitwa Kanyamahoro hafi y’i Kibumba muri Km 20 gusa hafi y’Umujyi wa Goma.

Bamwe mu baturage bo muri Congo bafite ubwoba bw’imirwano, bahungiye mu Karere ka Rubavu.

Radio Ijwi rya Amerika ivuga ko inyeshyamba za M23 zafashe agace kitwa Kamuhanga, kari kuri Km 30 uvuye i Goma ku murwa mukuru w’intara ya Kivu ya Ruguru.

Kamuhanga  ni agace kari ku mupaka w’u Rwanda na Kongo, mu karere ka Nyiragongo, kafashwe nyuma y’imirwano ikaze yabaye mu gitondo cyo kuri iki cyumweru.

M23 yishe umusirikare mukuru wa Congo ifata n’ibifaru – AMAFOTO

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
6 Comments
  • Q says:
    November 14, 2022 at 8:40 am

    Nibihute vuba bafate na Goma,ariko
    baramenye ntibazongere kuhava.

    Reply
  • PITA TOC says:
    November 14, 2022 at 5:10 pm

    NIBIHUTE BAFATE GOMA TURABATEGEREJE.NIBAFATA BAzaba bakoze

    Reply
  • NSHIMIYIMANA FAUSTIN says:
    November 14, 2022 at 6:25 pm

    gosepe nibaze turabategereje nibasaba namusada tuzawutanga !!

    Reply
  • Brooklyn Sudano says:
    November 14, 2022 at 8:59 pm

    M23 nakunze ukuntu igira discipline. kwirirwa perezida gisekeni abeshya amahanga ko ashaka amahoro yarangiza agafatanya na ziriya njiji zinkoramaraso ngo ni FDLR byaduhishuriye ko bari kwibere. m23 tuyifurije amahirwe nifate hanini tujye tujya kwihahira dutuje kuko yo igira ikinyabupfura n’uburere nkuko abajyayo twabibonye.

    Reply
  • mukarugira emerance says:
    November 15, 2022 at 7:55 am

    UMVA M23 NIMUFATA GOMA RWOSE MUZATUBABARIRE NTIMUZAHAVE, MUZASHINGE IBIRINDIRO RWOSE KANDI NAWE TURABAKUNDA AHUBWO MUZATUBWIRE DUFUNGURE AMADUKA TUBAZIMANIRE KUKO MUZABA MUDUKUYE AHABI HIZI NJIJI NGO NABASODA BIGIHUGU.ABAJURA GUSA, ABASAHUZI, BAZI KURONGORA ABAGORE NABAKOBWA GUSA, ARIKO UBUNDI UMUSILIKARE YAJYA MURIBYO AGATSINDA URUGAMBA?REKA ABAFITE UBUSHAKE BARWANE KUKO BAFITE IBYO BARWANIRA.DISCIPRINE NIYO YAMBERE IRANGA INGABO.

    Reply
  • HASHIMWEYEZU JAQUES says:
    November 15, 2022 at 11:52 am

    M23 KURAJE KABISA.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

2 Min Read
Mu mahanga

Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

2 Min Read
Mu mahanga

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?