BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

admin
Last updated: January 3, 2023 4:50 pm
admin
Share
SHARE

Mu gihe mu Burasirazuba bwa Congo umutekano ukomeje kudogera kubera imirwano Leta ya RD Congo ihanganyemo na M23, ihuriro rya LAMUKA rigizwe n’Abanyapolitiki barimo Martin Fayulu, ryasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, kutizera ko ingabo z’Umuryago wa Afurika y’Iburasirazuba zagarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.

LAMUKA yanenze Tshisekedi wemereye ingabo za EAC kuza muri Congo kugarura amahoro

Binyuze mu muvugizi w’iri huriro, Prince Epenge,yavuze ko “misiyo yo kurinda abana b’abanye-Congo biri mu biganza by’Abanye-Congo ubwabo ndetse na Polisi .”

Uyu muvugizi yabwiye okapi  ko “Kuba Felix Tshisekedi yizeye ingabo zo mu bihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuza kugira ngo barinde abana ba Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bigaragaza ko adafite icyerekezo cy’umutekano ”.

Prince Epenge kuri we yatunguwe no kuba Umukuru w’Igihugu yarafashe icyemezo cyo kuvugana n’ingabo za Sudani y’Epfo kandi nayo idahagaze neza.

Yagize ati “ “Iki gihugu kikiri gito (avuga Sudani y’Epfo),yavutse mu 2011, leta idashinze imizi. Ni leta mu by’ukuri idafite igisirikare gihamye kuko igisirikare cyayo kivanze n’abahoze mu mitwe y’itwaje intwaro.”

Kuri uyu muyobozi , asanga Tshisekedi ari nkaho ari mu mukino w’amahirwe akoresheje imbaraga z’ibihugu by’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba.”

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

2 Min Read
Mu mahanga

Burusiya na Ukraine byahererekanyije imibiri y’abasirikare baguye ku rugamba

2 Min Read
Mu mahanga

Andi makuru mashya ku rupfu RWA Lt.Col Willy Ngoma 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?