BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

admin
Last updated: January 3, 2023 4:50 pm
admin
Share
SHARE

Mu gihe mu Burasirazuba bwa Congo umutekano ukomeje kudogera kubera imirwano Leta ya RD Congo ihanganyemo na M23, ihuriro rya LAMUKA rigizwe n’Abanyapolitiki barimo Martin Fayulu, ryasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, kutizera ko ingabo z’Umuryago wa Afurika y’Iburasirazuba zagarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.

LAMUKA yanenze Tshisekedi wemereye ingabo za EAC kuza muri Congo kugarura amahoro

Binyuze mu muvugizi w’iri huriro, Prince Epenge,yavuze ko “misiyo yo kurinda abana b’abanye-Congo biri mu biganza by’Abanye-Congo ubwabo ndetse na Polisi .”

Uyu muvugizi yabwiye okapi  ko “Kuba Felix Tshisekedi yizeye ingabo zo mu bihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuza kugira ngo barinde abana ba Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bigaragaza ko adafite icyerekezo cy’umutekano ”.

Prince Epenge kuri we yatunguwe no kuba Umukuru w’Igihugu yarafashe icyemezo cyo kuvugana n’ingabo za Sudani y’Epfo kandi nayo idahagaze neza.

Yagize ati “ “Iki gihugu kikiri gito (avuga Sudani y’Epfo),yavutse mu 2011, leta idashinze imizi. Ni leta mu by’ukuri idafite igisirikare gihamye kuko igisirikare cyayo kivanze n’abahoze mu mitwe y’itwaje intwaro.”

Kuri uyu muyobozi , asanga Tshisekedi ari nkaho ari mu mukino w’amahirwe akoresheje imbaraga z’ibihugu by’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba.”

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Hagiye kuba inama Yiga Uko Isi Yose Yakwemera Leta Ya Palestine nk’igihugu

3 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yanenze Radio Okapi n’ibindi bitangazamakuru bibogamira ku nkuru ziyisebya 

3 Min Read
Mu mahanga

Nigeria yiyongereye mu bihugu byifuza kwakira Formula One

1 Min Read
Mu mahanga

Kwegura kwa Visi Perezida w’u Buhinde byateje impaka n’urujijo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?