BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

admin
Last updated: January 3, 2023 4:50 pm
admin
Share
SHARE

Mu gihe mu Burasirazuba bwa Congo umutekano ukomeje kudogera kubera imirwano Leta ya RD Congo ihanganyemo na M23, ihuriro rya LAMUKA rigizwe n’Abanyapolitiki barimo Martin Fayulu, ryasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, kutizera ko ingabo z’Umuryago wa Afurika y’Iburasirazuba zagarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.

LAMUKA yanenze Tshisekedi wemereye ingabo za EAC kuza muri Congo kugarura amahoro

Binyuze mu muvugizi w’iri huriro, Prince Epenge,yavuze ko “misiyo yo kurinda abana b’abanye-Congo biri mu biganza by’Abanye-Congo ubwabo ndetse na Polisi .”

Uyu muvugizi yabwiye okapi  ko “Kuba Felix Tshisekedi yizeye ingabo zo mu bihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuza kugira ngo barinde abana ba Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bigaragaza ko adafite icyerekezo cy’umutekano ”.

Prince Epenge kuri we yatunguwe no kuba Umukuru w’Igihugu yarafashe icyemezo cyo kuvugana n’ingabo za Sudani y’Epfo kandi nayo idahagaze neza.

Yagize ati “ “Iki gihugu kikiri gito (avuga Sudani y’Epfo),yavutse mu 2011, leta idashinze imizi. Ni leta mu by’ukuri idafite igisirikare gihamye kuko igisirikare cyayo kivanze n’abahoze mu mitwe y’itwaje intwaro.”

Kuri uyu muyobozi , asanga Tshisekedi ari nkaho ari mu mukino w’amahirwe akoresheje imbaraga z’ibihugu by’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba.”

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida Samia Suluhu yijeje Museveni umusanzu mu biganiro byo kugarura amahoro mu karere

2 Min Read
Mu mahanga

Gen Muhoozi yambitswe umudali w’ishimwe na se

2 Min Read
Mu mahanga

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

1 Min Read
Mu mahanga

Umuhungu wa Muammar Gaddafi yitabye Imana, hakekwa kuraswa

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?