BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Jul 18, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

LAMUKA yasabyeTshisekedi kutizera namba ingabo za EAC 

admin
Last updated: January 3, 2023 4:50 pm
admin
Share
SHARE

Mu gihe mu Burasirazuba bwa Congo umutekano ukomeje kudogera kubera imirwano Leta ya RD Congo ihanganyemo na M23, ihuriro rya LAMUKA rigizwe n’Abanyapolitiki barimo Martin Fayulu, ryasabye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi, kutizera ko ingabo z’Umuryago wa Afurika y’Iburasirazuba zagarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.

LAMUKA yanenze Tshisekedi wemereye ingabo za EAC kuza muri Congo kugarura amahoro

Binyuze mu muvugizi w’iri huriro, Prince Epenge,yavuze ko “misiyo yo kurinda abana b’abanye-Congo biri mu biganza by’Abanye-Congo ubwabo ndetse na Polisi .”

Uyu muvugizi yabwiye okapi  ko “Kuba Felix Tshisekedi yizeye ingabo zo mu bihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuza kugira ngo barinde abana ba Kivu y’Amajyaruguru na Ituri bigaragaza ko adafite icyerekezo cy’umutekano ”.

Prince Epenge kuri we yatunguwe no kuba Umukuru w’Igihugu yarafashe icyemezo cyo kuvugana n’ingabo za Sudani y’Epfo kandi nayo idahagaze neza.

Yagize ati “ “Iki gihugu kikiri gito (avuga Sudani y’Epfo),yavutse mu 2011, leta idashinze imizi. Ni leta mu by’ukuri idafite igisirikare gihamye kuko igisirikare cyayo kivanze n’abahoze mu mitwe y’itwaje intwaro.”

Kuri uyu muyobozi , asanga Tshisekedi ari nkaho ari mu mukino w’amahirwe akoresheje imbaraga z’ibihugu by’Akarere ka Afurika y’Iburasirazuba.”

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida William Ruto yakiriye intumwa yihariye ya perezida Kagame

Perezida wa Kenya, William Samoei Ruto, yakiriye Intumwa yihariye ya Perezida Paul…

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

Umunya-Esipanye ukina muri FC Barcelona, Lamine Yamal, yemeje ko agiye kwandika amateka…

Barack Obama n’umugore we bashyize umucyo ku bihuha by’uko batandukanye

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, n’umugore we…

Miss Naomi yiyamye abavuga ko umugabo we yakennye

Miss Nishimwe Naomie ubitse ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, yihanangirije…

Thomas Lubanga yashimangiye ko ashyigikiye AFC/M23

Thomas Lubanga washinze umutwe witwaje intwaro wa FRP (Force pour la révolution…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Igitero cy’abasirikare ba Kinshasa mu mirima ya Joseph Kabila cyamaganwe n’imiryango itari iya leta

2 Min Read
Mu mahanga

Leta ya Uganda yaburiye abagabo bapimisha ADN abana babo

2 Min Read
Mu mahanga

Perezida Ramaphosa yahagaritse Minisitiri ukekwaho gukorana n’udutsiko tw’abagizi ba nabi

2 Min Read
Mu mahanga

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?