BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kuzamura Impessa irashaka kugira ikipe ikina icyiciro cya Mbere

Kuzamura Impessa irashaka kugira ikipe ikina icyiciro cya Mbere

admin
Last updated: September 11, 2022 12:37 am
admin
Share
SHARE

Ubwo herekanwaga umutoza mukuru w’ikipe ya Impessa FC ikina muri shampiyona y’icyiciro cya Kabiri, uyu mutoza yatangaje ko kimwe mu byihutirwa byo gufasha iyi kipe ari ukuyizana mu cyiciro cya Mbere.

Rwibutso Claver yagizwe umutoza wa Impessa FC mu myaka itatu iri imbere

Ku wa Gatanu tariki 9 Nzeri 2022, ubuyobozi bw’ikipe ya Impessa FC bwatangaje ko Rwibutso Claver ari we mutoza mukuru w’iyi kipe yiganjemo abakiri bato.

Uyu muhango wabereye muri Amaris Hotel iherereye mu Mujyi wa Kigali, hanavugiwemo byinshi bijyanye n’ubuzima bw’ikipe bwa buri munsi n’indi mishinga iteganywa.

Uyu mutoza, Rwibutso Claver, yasinye amasezerano y’imyaka itatu ariko muri iyo myaka akaba agomba kuzamura ikipe mu cyiciro cya Mbere. Uretse ibi kandi, uyu mutoza agomba gufasha ikipe mu mishinga yagutse ifite hagamijwe kuyishakira iterambere rirambye.

Umuhango wo kwerekana uyu mutoza ku mugaragaro, wanahuriranye no kuba wari umunsi we w’amavuko ndetse ubuyobozi bumwereka ko bumwishimiye bwifatanya nawe muri ibi byishimo.

Rwibutso yatoje amakipe arimo Pepiniere FC, Aspor FC n’izindi. Asanzwe afite ikipe y’ingimbi yitwa Agaciro Footbal Academy.

Ubwo impande zombi zashyiraga umukono ku masezerano
Yakatiwe umutsima ku munsi we w’amavuko
Rwibutso [uri iburyo] yabanje kuganira na perezida wa Impessa FC
Akanyamuneza kagaragaraga ku maso yabo bombi
Uyu muhango wahuriranye n’umunsi w’isabukuru ye
Impessa FC ikina mu cyiciro cya Kabiri
Impessa FC ikina mu cyiciro cya Kabiri

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

2 Min Read
Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?