BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

admin
Last updated: December 23, 2022 12:09 pm
admin
Share
SHARE

Umunyezamu w’ikipe ya Inter Milan yo mu Cyiciro cya Mbere mu Butaliyani, Andé Onana, yatangaje ko yasezeye burundu mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun.

André Onana yatangaje ko yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Uyu munyezamu w’imyaka 26 y’amavuko, yabitangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga yifashishije urukuta akoresha rwa Twitter na Instagram.

Yavuze ko azakomeza kuba umufana w’ikipe y’Igihugu, agafatanya n’abanya-Cameroun barenga miliyoni 26 gushyigikira iyi kipe.

Ibi bije nyuma y’uko mu gikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar, uyu munyezamu yakinnye umukino umwe gusa agahita asohorwa mu mwihorero w’ikipe y’Igihugu kubera imyitwarire mibi.

Abakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru hirya no hino ku Isi, bahamya ko mu gihe uyu munyezamu yakwingingwa n’inzego zirandukanye zo muri Cameroun, yakwisubiraho nk’uko byagenze ku bandi bakinnyi barimo Lionel Messi n’abandi.

Ntawe ushidikanya ku bushobozi bwe
Onana ni umunyezamu mwiza ariko ufata ibyemezo atemeranyaho na bamwe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
Imikino

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?