BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

admin
Last updated: December 23, 2022 12:09 pm
admin
Share
SHARE

Umunyezamu w’ikipe ya Inter Milan yo mu Cyiciro cya Mbere mu Butaliyani, Andé Onana, yatangaje ko yasezeye burundu mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun.

André Onana yatangaje ko yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Uyu munyezamu w’imyaka 26 y’amavuko, yabitangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga yifashishije urukuta akoresha rwa Twitter na Instagram.

Yavuze ko azakomeza kuba umufana w’ikipe y’Igihugu, agafatanya n’abanya-Cameroun barenga miliyoni 26 gushyigikira iyi kipe.

Ibi bije nyuma y’uko mu gikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar, uyu munyezamu yakinnye umukino umwe gusa agahita asohorwa mu mwihorero w’ikipe y’Igihugu kubera imyitwarire mibi.

Abakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru hirya no hino ku Isi, bahamya ko mu gihe uyu munyezamu yakwingingwa n’inzego zirandukanye zo muri Cameroun, yakwisubiraho nk’uko byagenze ku bandi bakinnyi barimo Lionel Messi n’abandi.

Ntawe ushidikanya ku bushobozi bwe
Onana ni umunyezamu mwiza ariko ufata ibyemezo atemeranyaho na bamwe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?