BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Jul 19, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Ku myaka 26 yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

admin
Last updated: December 23, 2022 12:09 pm
admin
Share
SHARE

Umunyezamu w’ikipe ya Inter Milan yo mu Cyiciro cya Mbere mu Butaliyani, Andé Onana, yatangaje ko yasezeye burundu mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun.

André Onana yatangaje ko yasezeye mu ikipe y’Igihugu ya Cameroun

Uyu munyezamu w’imyaka 26 y’amavuko, yabitangaje abicishije ku mbuga nkoranyambaga yifashishije urukuta akoresha rwa Twitter na Instagram.

Yavuze ko azakomeza kuba umufana w’ikipe y’Igihugu, agafatanya n’abanya-Cameroun barenga miliyoni 26 gushyigikira iyi kipe.

Ibi bije nyuma y’uko mu gikombe cy’Isi giheruka kubera muri Qatar, uyu munyezamu yakinnye umukino umwe gusa agahita asohorwa mu mwihorero w’ikipe y’Igihugu kubera imyitwarire mibi.

Abakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru hirya no hino ku Isi, bahamya ko mu gihe uyu munyezamu yakwingingwa n’inzego zirandukanye zo muri Cameroun, yakwisubiraho nk’uko byagenze ku bandi bakinnyi barimo Lionel Messi n’abandi.

Ntawe ushidikanya ku bushobozi bwe
Onana ni umunyezamu mwiza ariko ufata ibyemezo atemeranyaho na bamwe

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Rubavu: Umugore afunzwe akekwaho kwica umugabo we

Umugore wo mu Karere ka Rubavu afunzwe akekwaho kwica umugabo we w’imyaka…

Perezida wa AS Kigali agiye kwiyamamariza kuyobora FERWAFA

Perezida w’ikipe ya AS Kigali, Shema Ngoga Fabrice, agiye gutanga kandidatire yo…

RDC na M23 basinyanye amasezerano aganisha ku mahoro arambye

Intumwa za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’iz’umutwe wa…

Shema Ngoga Fabrice yatanze kandidatire yo kuyobora FERWAFA

Shema Ngoga Fabrice usanzwe uyobora AS Kigali yatanze kandidatire yo kuyobora Ishyirahamwe…

RDC: Umudepite yatabarije impunzi z’ Abanyekongo ziri mu Burundi ko ubuzima bwazo buri mu kaga

Umudepite uhagarariye Intara ya Kivu y’Epfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Lamine Yamal yizeje ibitangaza abakunzi ba FC Barcelona

2 Min Read
Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?